Ubutaliyani burashaka gukuriraho Syria ibihano yafatiwe n’uburayi

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubutaliyani  witwa Antonio Tajani yagiranye ibiganiro n’abayobozi bashya ba Siriya anasaba ko hajyaho ibiganiro bigamije koroshya ibihano by’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi byafatiwe guverinoma yahozeho ya Bashar al-Assad. Ku wa gatanu, Ubwo Tajani yahuraga n’umuyobozi wa Siriya witwa Ahmed al-Sharaa bahurira mu murwa mukuru Damasiko , yavuze ko ibihano byafashwe nyuma yo guhashya al-Assad…

Read More

DRC yiteguye gusubira mu nzira ya Luanda ititaye ku mananiza y’u Rwanda : Thérèse Kayikwamba

Ku munsi wejo, guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yifuza gukomeza inzira ya Luanda ititaye ku nzitizi zikomeza zishyirwaho n’abayobozi  b’u Rwanda. Ibi byatangaje n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, witwa Thérèse Kayikwamba, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru ari kumwe na minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru, Patrick Muyaya, ndetse n’umuvugizi w’ingabo…

Read More

DRC : Patrick Muyaya yashinje Televiziyo ya Al Jazeera gushyigikira u Rwanda na M23

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Patrick Muyaya yamaganye byimazeyo umuyoboro wa teveleziyo mpuzamahanga ya Al Jazeera awushinja ko ushyigikiye iterabwoba ry’u Rwanda na M23 muri iki gihugu . Aya magabo uyu munyapolitiki yayatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe ku munsi wejo cyikabera kuri televiziyo y’igihugu [ RTNC],ubwo yari kumwe na minisitiri w’ububanyi…

Read More

Kigali : Abadepite bari kwigira hamwe uburyo bwo kwimakaza ubunyamwuga mu gutanga amasoko ya leta

Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 / Mutarama / 2024 ,Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta, batangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishyiraho Ikigo cy’Abanyamwuga mu gutanga Amasoko. Bagaragaje impungenge bafite kuri iki kigo kubera ko zimwe mu nshingano zacyo zisanzwe mu bindi birimo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutunganya Amasoko ya Leta, RPPA…

Read More

DRC : Abashinwa batatu bafatanywe ubutunzi burimo zahabu n’akayabo k’amadolari

Abayobozi ba DRC batangaje  ko abashinwa batatu batawe muri yombi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nyuma yo gusanganwa uduce twa zahabu dusaga 12 ndetse  n’akayabo k’amadolari 800 ,000  bivugwa ko bigwijeho mu buryo butemewe n’amategeko. Nk’uko byatangajwe na Jean Jacques Purusi, Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo, ngo zahabu n’amafaranga basanganwe byari bihishe…

Read More

DRC : umuntu umwe yapfiriye mu mirwano yahuje Wazalendo na FARDC muri Ituri

Ku cyumweru, tariki ya 5 Mutarama,  i Makumo mu gace ka Mambasa muri Teretwari ya Ituri, Umuntu umwe yitabye Imana abandi benshi bakomerekera mu mirwano yahuje  abasirikare ba FARDC  n’abantu bitwaje imbunda bavuga ko ari abarwanyi b’umutwe wa  Mai-Mai n’aba Wazalendo. Sosiyete sivile ya Mambasa yamaganiye kure  iki kibazo kandi inahamagarira guverinoma kwambura intwaro aba…

Read More

DRC : Ingabo za FARDC zikomeje guhangana na M23 zahawe inkunga y’ibiryo

Sosiyete sivile mu mujyi wa Beni mu majyaruguru ya Kivu muri DRC yashyikirije abasirikare ba FARDC ibiryo byakusanyirijwe mu bukangurambaga bwakozwe bwo kurwanya inyeshyamba za M23, mu gace ka Lubero . Nk’uko byatangajwe na Pepin Kavota, perezida w’iyi sosiyete sivile ,ngo iyi mpano ni ikimenyetso cy’urukundo no gukunda igihugu bigamije gushimangira ubufatanye bw’abasivili n’abasirikare mu…

Read More