Kigali : Hatangajwe ibyakozwe mu kuzamura musaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yagaragaje ibyakozwe na Guverinoma kugira ngo umusaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi wiyongere muri NST1. Ngirente yemeje ko umusaruro w’inganda zikora imyenda n’ibikomoka ku mpu wikubye inshuro eshanu mu myaka irindwi ishize. Aho wavuye kuri miliyari 34Frw mu 2017, ubwo hatangiraga NST1, ugera kuri miliyari 154Frw mu mwaka ushize…

Read More

Nasekejwe n’umuyobozi wa Kongo wavuze ko ibibazo bafite byatewe n’urupfu rwa Habyarimana : Senateri Evode

Senateri Evode Uwizeyimana yatangaje ko yasekejwe n’amagambo y’Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo muri LONI wavuze ko ibibazo by’umutekano muke ukomeje kurangwa muri iki gihugu byatewe n’urupfu rwa Perezida Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda . Aya magambo senateri Evode yayatangarije mu kiganiro ‘Inkuru Mu makuru’ gitambuka kuri televiziyo y’u Rwanda ahanini cyibanda mu gusesengura…

Read More

Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko kwitandukanya n’amacakubiri

Ubwo yaganirizaga urubyiruko rwo mu majyaruguru, Minisitiri w’Urubyiruko Utumatwishima Abdallah yarusabye kwitandukanya n’abafite amacakubiri. Ibi minisitiri w’Urubyiruko yabibwiye urubyiruko mi Kigo cy’Ubutore cya Nkumba ahatangirijwe ibiganiro bise Rubyiruko Menya Amateka Yawe. Yavuze ko hari  ibibazo bikunze kugaragara aho, abaturage bamwe banga mugenzi wabo kubera badakomoka hamwe, abandi bakitandukanya n’abo bakorana mu kazi cyangwa ahandi hatandukanye…

Read More

Canada yashyize iherezo ku mikoranire na Leta zunze Ubumwe z’Amerika

Mu kiganiro n’itangazamakuru, minisitiri w’intebe wa Kanada Mark Carney yavuze ko imikoranire yari imaze igihe hagati ya Leta ya Kanada na Leta zunze Ubumwe z’Amerika ishyizweho mu by’ubukungu, umutekano mu bya gisirikare ushyizweho iherezo. Ati” Umubano twari tumaze igihe dufitanye na Leta z’Unze Ubumwe z’Amerika w’ubufatanye muby’ubukungu, umutekano n’ubufatanye mu bya gisirikare, ushyizweho iherezo. Ibi…

Read More

DRC :FARDC yashinje M23 gutera ibirindiro byayo mu gihe cy’agahenge

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) cyemeje ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 urimo ‘gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo. Mu itangazo, umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo Général Major Sylvain Ekenge avuga ko “ibitero biheruka” bya M23 byibasiye ibirindiro bya FARDC i…

Read More

Amb. Nduhungirehe yerekeje mu nama yiga ku mutekano wa DR Congo muri Amerika

Kuri uyu wa 27 Werurwe, Olivier Nduhungirehe minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yerekeje muri leta zunze ubumwe z’Amerika munama ya Loni ivuga ku bibazo by’umutekano biri muri DR Congo. Aka kanama k’umutekano kwisi kagiye guteranira muri lete zunze ubumwe z’Amerika kabuga kibazo biri kuri DR Congo, nyuma yuko umwe mubayobizi mu ishyaka riri kubutegetsi muri…

Read More

Uburayi bwasabye abaturage babwo kwitegura ibihe by’ibiza n’intambara

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi  wasabye abaturage kugura ibikoresho by’ibanze, bihagije byakwifashishwa mu gihe kibyago bishobora kurenza iminsi 3. Umuyobozi w’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ishinzwe Imicungire y’Ibyago Hadja Lahbib, yatangaje ibi kuri uyu wa Gatatu taliki 26 Werurwe ubwo yari ari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye i Brussels, mu Bubiligi. Nubwo atavuze ku gihugu cy’Uburusiya by’umwihariko, Hadja Umuyobozi w’umuryango w’Ubumwe…

Read More

Dore iby’ingenzi byavugiwe mu biganiro byahuje perezida Tshisekedi na Joao Lourenco wa Angola

Ku wa gatatu, tariki ya 26 Werurwe, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yabonanye na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, i Luanda. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola, Téte António, ngo abakuru b’ibihugu byombi bemeye “gukomeza ibiganiro n’inama buri gihe,” nubwo Angola yavuye ku nshingano zo kuba umuhuza mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC….

Read More