Dore iby’ingenzi byavugiwe mu biganiro byahuje perezida Tshisekedi na Joao Lourenco wa Angola
- CAF yahanishije Patrice Motsepe uyiyobora gutanga amadolari 100,000
- Iki si igihe gikwiye cyo kuganira ku hazaza hange : Xabi Alonso ku byo kwerekeza muri Real Madrid
- Kwibuka 31: Amb Nduhungirehe yifatanije n’abanyehuye kwibuka abiciwe kuri Paruwasi ya Simbi
- Hagati ya FERWAFA na Rayon Sports ninde uzatsinda urugamba rwavutse hagati yabo?
- Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri baganiriye ku buryo bwo kugarura ituze muri DRC
- Musanze : Umugore yishe umugabo we ahita nawe yimanika mu mugozi
- Amerika yatanze gasopo ku Rwanda ku bijyanye no gukura ingabo zarwo muri DRC
- Igisa nk’ikinamico mu mikino ya UEFA Europa league ya kimwe cya Kane
- MINALOC yemeje iminsi ibiri y’ikiruhuko
- DRC yashinje LONI kutagira icyo ikora ku ihohoterwa rikorwa n’umutwe wa M23 n’u Rwanda
- Perezida Tshisekedi yabonanye n’ugomba gukemura ikibazo afitanye n’u Rwanda
- DRC : Umujenerali wari ufungiye guhunga M23 yitabye imana
- Umutoza wa Rayon Sports ‘Robertinho’ ari gutakamba ngo yishyurwe amezi atatu y’umushahara we
- U Rwanda na PSG bongereye igihe amasezerano ya VISIT RWANDA
- Mukura VS yatangaje ko idakwiye kubazwa igenda ry’umuriro ku mukino bakiriyemo Rayon Sports
- FERWA yagize icyo itangaza ku isanganya ryabaye ku mukino wa Mukura VS na Rayon Sports
- Nyarugenge : Umugore yasutseho umugabo we isafuriya yuzuye isombe ishushye
- Abatwara ibinyabiziga bibukijwe ko kwitwararika birinda impanuka muri ibi bihe by’imvura
- Hatangajwe ibihano bigiye guhabwa kylian Mbappe mbere yo kwesurana na Arsenal
- Dore ubudasa bwa GLES mu guhuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo
- Hatangajwe abakinnyi babiri batazakomezanya na Rayon Sports uyu mwaka w’imikino n’urangira
- Umuramyi Patient Bizimana yakiranywe ubwuzu aho agiye gutaramira
- Minisitiri Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa perezida Habyarima mu itsembwa ry’abatutsi i Kibeho
- M23 yongeye guca amarenga ko ishobora kongera kwigarurira umujyi wa Walikale
- MONUSCO yahakanye ibyo gukorana na FARDC mu kuzatera M23 muri Goma
- Perezida wa Rayon Sports yavuze impamvu nyamukuru yatumye Robertinho ahagarikwa
- Rayon Sports yamaze guhagarika abakinnyi babiri mbere yo gukina na Mukura VS
- RIB yerekanye ko abagera kuri 87 bagaragaweho ingengabitekerezo ya jenoside mu cyunamo gusa
- Real Madrid yagaragaje ko yifuza bikomeye umukinnyi wo hagati muri Liverpool
- Manchester united iracyatera ijisho ku igaruka ry’uwahoze ari umukinnyi wayo
- Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro bugeretse na gitifu w’umurenge baherutse kwirukana
- Hari abanyamakuru bacyitwara nka ba Ngeze Hassan wa RTLM : Umuyobozi wa Pax Press
- Kigali : Hatanzwe umuburo w’imyuzure ndetse n’inkangu bishobora kwibasira u Rwanda
- Gabon yongeye kujya mu matora ya perezida nyuma ya coup d’état yo muri 2023
- Umwana w’imyaka 13 ukomoka muri Ukraine yanze guha ikiganza ndetse no kwifotoranya n’ukomoka mu Burusiya
- DRC : UNICEF yashinje M23 uruhare mu ifatwa ku ngufu ry’abana bato
- Uko byifashe nyuma yo gukozanyaho hagati y’igisirikare cya Congo na M23 mu nkengero za Goma
- Visi Perezida wa Sena yahaye urubyiruko umukoro wo kunyomoza abahakana jenoside
- U Rwanda rwerekanye ko Afurika ikwiye umwanya uhoraho mu kanama ka Loni gashinzwe umutekano
- Nta gihugu na kimwe gikwiye guhagarika cyangwa gufatira icyemezo isi yose : Amb . Nduhungirehe
- Nigeria yahagaritse icurangwa ry’indirimbo ivuga imiyoborere mibi ya perezida Tinubu
- Umupasiteri w’Umunyamerika yashimutiwe muri Afurika y’Epfo arimo kubwiriza
- #KWIBUKA 31 : Tariki ya 12 Mata 1994 , MDR-Power yahamagiriye Abahutu kwica Abatutsi
- DRC : Wazalendo na FARDC bigaruriye imijyi 10 yari yarigaruriwe na M23
- Dr. Bizimana yerekanye ubugome ndengakamere bwa Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi
- Ujya gukira indwara arayirata ,Jenoside nayo ni indwara, ni virusi, ni politiki mbi : Minisitiri Dr. Bizimana
- Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame
- Intambara y’ubucuruzi : Ubushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa byose biva muri USA ku kigero cya 125 %
- Ukuri ku makuru avugwa ko Barack Obama wabaye perezida wa Amerika yaba agiye gutandukana n’umugore we
- M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho
- Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka
- #KWIBUKA31 : Abatutsi bamariwe ku icumu muri kiliziya ya Paruwasi Gatolika ya Kiziguro [ ubuhamya ]
- #KWIBUKA 31 :Dore uko Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu
- Urutonde rw’abapadiri babaye abaperezida b’ibihugu nubwo babibuzwa na Kiliziya
- DRC : Hibutswe abapfiriye mu ntambara yashojwe na M23 n’u Rwanda muri Goma na Bukavu
- #KWIBUKA 31 : Tariki ya 11 Mata 1994 , Ingabo za MINUAR zatereranye abatutsi kuri ETO Kicukiro
- DRC : M23 na Wazalendo bongeye gukozanyaho muri Kabare
- Kiliziya irasaba Abasaseridoti n’Abihayimana kwirinda kwivanga muri Politiki
- DJ Ira yabonye icyo yasabye perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame
- Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yashyinguwe mu cyubahiro
- Impunzi z’Abanyekongo ziri mu igihugu cy’u Burundi ziratabaza
- Ukuri ku makuru avuga ko ibiganiro bya Leta ya Congo na AFC/M23 byari kubera Qatar byasubitswe
- Kwibuka31: Dore uko Jenoside yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa mu Mujyi wa Butare
- # KWIBUKA 31:Tariki ya 10 Mata 1994 ,Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi
- DRC : amashyaka menshi akomeje kwitandukanya n’icyemezo cya Kabila cyo kujya mu ishyamba
- #KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
- HUYE : Umushoferi yitabye imana , abagenzi 22 bakomerekera mu mpanuka ya bisi
- Perezida Kagame yashimiye Arsenal kubwo kwitwara neza
- #KWIBUKA31: Sobanukirwa icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside
- KWIBUKA31 : António Guterres yasabye isi gukumira amacakubiri n’urwango
- DRC yahagaritse ubufatanye bwose ifitanye na USA kubera politike nshya ya Trump
- #KWIBUKA31 : Byinshi utari uzi kuri COL. Bagosora Théoneste wemeje ko agiye gutegura imperuka y’abatutsi
- #KWIBUKA31 : Reka twinjirane muri tariki ya 8 Mata mu gihe cya Jenoside
- INKURU YIHARIYE : Ibyo utamenye ingingo ku yindi ku ihanurwa ry’indege ya Perezida Habyarimana
- Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yizera ko Uburusiya buzahagarika gutera Ukraine
- Donald Trump yemeje ko icyemezo yafashe cyo kongera imisoro ari ingenzi
- Perezida Kagame yanenze ababeshyera u Rwanda guteza umutekano muke muri DRC
- Perezida Kagame yerekanye ko hari abamutera ubwoba bwo kumwica kubera ukuri kwe
- Ikipe ya Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
- Umuhanzi Alikiba yifatanije n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 31
- Nta kindi gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda ~ Dr Bizimana
- IFOTO Y’UMUNSI : Perezida Kagame na Madamu bacanye urumuri rw’icyizere
- DRC : Abantu 22 bapfiriye mu mwuzure ukomeye watewe n’imvura
- #KWIBUKA 31 : Tariki ya 7 Mata 1994 ibikorwa byo kwica abatutsi byakwiriye hirya no hino mu gihugu
- #KWIBUKA 31 : inyoborabikorwa ku kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi
- Kongo – Kinshasa yakuriyeho Visa abaturage ba Tanzania
- APR FC y’abato yahize abandi mu irushanwa ry’Urubuto Community Youth Cup
- KWIBUKA 31 : ikiganiro Hon. Tito Rutaremara yagiranye kuri telephone na col. Bagosora na Gen. Ndindiriyimana indege ya Habyarimana ikimara kuraswa
- #KWIBUKA 31 : Minisitiri Dr. Bizimana yerekanye ko jenoside yakorewe Abatutsi yaturutse ku bukoloni bw’Ababiligi
- Umuyobozi muri ‘FIFA’ yagaragaje ko atishimiye inyifato y’abafana ba Marine FC bagaragaje ku mukino wa Rayon Sports
- Abana basaga 400 binjijwe mu bikorwa bya gisirikare ku gahato muri DRC – Raporo ya Save the Children
- Amerika yatesheje agaciro visa z’abaturage ba Sudani yepfo
- AGEZWEHO : Hatangajwe ugomba gusimbura Joao Lourenco ku nshingano zo guhuza u Rwanda na DR.Congo
- Abafana ba Rayon Sports bakomeje kwinubira umusaruro udahwitse ukanagerwa ku mashyi wa Khadime Ndiaye
- DRC : Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yarezwe gufatanya na M23 kwica abasivili
- Abafana ba Rayon Sports bijunditse ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere
- MUSANZE : abagororwa basabwe kwitwara neza mu gihe cyo kwibuka
- Abatwara ibinyabiziga basabwe korohereza abanyeshuri bagiye mu biruhuko
- Uwacu Julienne wigeze kuyobora Minisiteri ya siporo yahawe inshingano nshya
- Nyanza : Umusore yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 5 kubera ubusinzi
Ku wa gatatu, tariki ya 26 Werurwe, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yabonanye na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, i Luanda.
Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola, Téte António, ngo abakuru b’ibihugu byombi bemeye “gukomeza ibiganiro n’inama buri gihe,” nubwo Angola yavuye ku nshingano zo kuba umuhuza mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC.
Muri iyi nama, abayobozi bombi bongeye gushimangira “umubano mwiza” hagati y’ibihugu byabo.
Ku bijyanye n’amakimbirane abera mu burasirazuba bwa DRC, aba bayobozi bashimangiye akamaro ko gukomeza ibiganiro mu rwego rw’inshingano Angola ifite muri iki gihe, ikaba iyobora umuryango w’Afurika yunze ubumwe.
Ku ya 11 Werurwe, Félix Tshisekedi yaherukaga gusura umurwa mukuru wa Luanda muri Angola, aho yari yitabiriye ibiganiro perezida wa Angola yari yatangaje ko bigomba guhuza guverinoma ya Kongo n’inyeshyamba za M23.
Icyakora, ku ya 18 Werurwe, itariki yari iteganijweho kuberaho ibiganiro by’amahoro bitunguranye umutwe wa M23 wanze kujya i Luanda, kubera ibihano wari wafatiwe n’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi kuri bamwe mu bayobozi bakuru bawo.
Kurundi ruhande , kuri iyi tariki bitunguranye Félix Tshisekedi na Paul Kagame, Perezida w’u Rwanda, bahuriye i Doha muri Qatar, mu nama yari yateguwe na Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani wa Qatar.
Ndetse iyi gahunda yatunguye João Lourenço, wari wateguye kugira uruhare runini muri ibi biganiro by’amahoro.