Slovenia Yemeje Palestine nk\’igihugu cyigenga ikurikiye ibindi bihugu bine muri iki cyumweru.

Abagize inteko nshingamategeko ya Slovenia batangaje ibyavuye mu matora yo kureba niba Palestine yafatwa nk\’igihugu cyigenga ubwiganze burabyemeza Palestine imaze igihe kirekire yarambuwe ubwigenge Aho ibihugu byinshi bitayifata nka Leta yigenga nubwo kuva Aho iyi ntambara yayo na Israel yongeye gufata umurego, ibihugu byinshi batangaje ibitekerezo byo guha Palestine ubwigenge.Mu ijoro ryakeye inteko nshingamategeko ya…

Read More

Muri Iran kwakira kandidatire kubahatanira umwanya w\’Umukuru w\’igihugu birarangira uyu munsi.

Kuri uyu wa mbere Tariki ya 3, Kamena 2024, muri Iran Kwakira Kandidatire Kubahatanira Umwanya W\’umukuru W\’igihugu Birarangira. Kuva ku wa 30, Gicurasi 2024 nibwo ibi bikorwa byatangijwe ku mugaragaro ,ibi bibaye nyuma Yuko uwari umukuru w\’igihugu cya Iran Ibrahim Raisi aguye mumanuka y\’indege yabaye kuwa 19, Gicurasi 2024 mumajyaruguru y\’igihugu cya Iran , Ibrahim…

Read More

U Rwanda na Singapore mu mikoranire mishya yo kwagura ikoranabuhanga mu bihugu byombi

U Rwanda na Singapore byatangaje imikoranire mu mushinga wo gutunganya inyandiko ikubiyemo amabwiriza agenga imikoreshereze y’ubwenge bw’ubukorano bizwo nka artificial intelligence. Byatangajwe ku wa Kane mu Nama y’Abaminisitiri baturuka mu bihugu bigize Ihururiro ry’Ibihugu bito mu buso (Small States Forum).Minisitiri w’Itunamaho n’Ihanahanamakuru muri Singapore, Josephine Teo, yavuze ko ubu bufatanye ari ikimenyetso cy’uburyo, binyuze mu…

Read More

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo

Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024  aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga. iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho…

Read More

Niki kihishe inyuma y\’umushinga wa Israel w\’agahenge mu ntambara hagati yayo n\’abarwanyi ba Hamasi?

Mu ijoro ryakeye ,Leta ya Israel yatangaje umushinga mushya wo gutanga agahenge mu ntambara yayo n\’umutwe wa Hamasi byateye abasanzwe bayikurikiranira hafi kugira icyo babitangazaho. Israel yatangaje umushinga mushya w\’agahenge ukubiyemo ibice bitatu by\’ingenzi birimo gukura ingabo zayo mu duce dutuwe twa Gaza , gufungura infungwa z\’intambara ndetse no kureka imodoka zitambutsa ibiribwa n\’ibindi bigoboka…

Read More

Leta zunze ubumwe z\’Amerika zemereye Ukraine gukoresha ibisasu yahawe n\’Uburengerazuba bw\’isi mu ntambara yayo n\’Uburusiya

Nyuma y\’ibihugu bitandukanye birimo Ubwongereza,Ubufaransa n\’ubudage bigaragaje ubushake bw\’uko Ukraine yakoresha intwaro yahawe na Amerika mu ntambara, Leta zunze ubumwe z\’Amerika nazo zemeye uwo murongo. Ni ubusabe peresida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yari amaze igihe ategereje ko ibihugu bitera inkunga mu ntambara igihugu cye kirwanamo n\’Uburusiya byemera. Mu mbwirwaruhame n\’ibiganiro n\’abanyamakuru, Perezida w\’Ubufaransa Emmanuel Macron…

Read More

Amerika n\’inyeshamba zaba-Houthi bari kurebana ayi ingwe bapfa Gaza ; uburasirazuba bwo hagati byakomeye

Aba-houthi bo muri Yemeni bavuga ko bagabye igitero cya misile ku ndege yo muri Amerika itwara indege mu nyanja itukura kugira ngo basubize ibitero byakozwe na Amerika n\’Abongereza kuri Yemeni. Ku wa gatanu, umuvugizi w\’igisirikare cya aba -Houthi, Yahya Saree, yatangaje ko igitero cyagabwe ku bwikorezi bwa Eisenhower; iryo tsinda mbere ryatangaje ko byibuze abantu…

Read More

Ubwongereza: Inteko nshingamategeko ya sheshwe hitegurwa gutora indi

Ni amatora y’abagize inteko nshingamategeko mu gihugu cy’Ubwongereza ateganijwe muri Nyakanga 2024. Aya matora nayo yitezwemo impinduka nyinshi Cyane ko ishyaka risanzwe rifite ubwiganze mu nteko ariryo ry’abadashaka impinduka ( Conservative party) ridahabwa amahirwe menshi nk’uko byari bisanzwe. Ibi bije nyuma y’ikusanyamakuru riherutse gukorwa ryerekanye ko ishyaka ry’abakozi ariryo rihabwa amahirwe Ari hejuru ya 40%….

Read More

Ese Israel ntiyaba iri gukorera jenoside abaturage muri Rafah isi irebera?

Kuri uyu wa kabiri,  Isiraheli yagabye igitero ku nkambi y’ihema mu gace k’impunzi mu burengerazuba bwa Rafah yahitanye nibura abantu 21, nk\’uko abashinzwe ubuzima muri Gaza babitangaje binyuze kuri Mohammad al-Mughayyir, umuyobozi mukuru mu kigo gishinzwe kurengera uburenganzira bwa baturage muri kariya gace ka Rafah , yavuze ko abantu abarenga 21 baguye muri ibi bitero”….

Read More

Inkubiri ya amatora muri Afurika yepfo ;ANC ishobora kubura abayoboke

Abanya -afurika yepfo kuri uyu wagatatu baraza kuzindukira mu matora n\’ubwo bigaragara ko bafite umujinya uvanze n\’uburakari buturuka ku cyiguzi cy\’ ubuzima cyazamutse ku rugero rwo hejuru ,ubushomeri mu rubyiruko na ruswa mu nzego za leta ishinjwa ishyaka ANC ( African Nation Congress) riri kubutegetsi nyuma y\’imyaka irenga 10 nelson Mandela Madiba avuye ku butegetsi…

Read More