Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba RIB

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Col Pacifique Kayigamba Kabanda wagizwe Umunyamanaganga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) wasimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari umaze imyaka irindwi kuri izi nshingano. Col Pacifique Kayigamba Kabanda asimbuye Col Rtd Ruhunga Kibezi Jeannot yari umaze kuri uwo mwanya imyaka irindwi. Muri Gicurasi Umwaka ushizwe nibwo Perezida wa Repubulika ,…

Read More

Arsenal y’abagore yabimburiye iy’abagabo ikuramo Real Madrid muri Champions league

Mu ijoro rya cyeye ikipe ya Arsenal mu bagore yakuyemo iya Real Madrid muri kimwe cya Kane cy’imikino ya UEFA Women’s Champions League 2024-2025, ni mu gihe dutegereje umukino w’ishiraniro mu bagabo n’ubundi uzahuza Aya makipe yombi. Ikipe ya Arsenal yakuyemo Real Madrid mu buryo bw’igitangaza kuko umukino ubanza wabereye Estadio Alfredo Di Stefano (Ikibuga…

Read More

Umutoza wa APR FC wari warigiriye iwabo mu biruhuko yagarutse i Kigali

Umutozo w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu Umunya-Serbia Darko Nović yamaze gusesekara hano mu Rwanda nyuma y’ibiruhuko yari yaragiyemo iwabo muri iki gihe ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakinaga imikino yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026 cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Iyi kipe, umutoza mukuru wayo nubwo yari yaragiye yakoraga imyitozo ,…

Read More

Umutoza wa Barcelona yatangaje abakinnyi babiri b’ingenzi atazaba afite ku mukino w’ejo w’ikirarane afitanye na Osasuna

Umutoza w’ikipe ya Barcelona Umudage Hansi Flick yatangaje ko abakinnyi be babiri Ronald Araújo na Raphael Dias Belloli uzwi nka “Raphinha” batazagaragara mu mukino bafitanye na Osasuna ukaba uw’ikirarane uteganyijwe ku munsi w’ejo wa tariki 26 Werurwe 2025. Aba bakinnyi bombi bari mu rutonde rurerure rw’abakinnyi bari baragiye mu makipe y’ibihugu byabo, Ronald Araújo yakinnye…

Read More

FIFA yashyizeho ibihembo bidasanzwe ku makipe azitabita igikombe cy’isi cy’ama ‘Clubs’

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA ] ryatangaje ko ryashoye akayabo ka miliyari y’ameyero mu bihembo by’amakipe azitabira igikombe cy’isi cy’ama’clubs’ cyizitabirwa n’amakipe 32 kikabera muri leta zunze Ubumwe z’Amerika . FIFA yashimangiye  ko yageneye miliyoni 525 z’amadolari y’amanyamerika  amakipe  yose azitabira iri rushanwa riteganijwe kuba guhera ku ya 14 Kamena kugeza ku ya 13…

Read More

Huye: umugabo wishe umugore we babanaga yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Umugabo w’imyaka 44 wishe umugore babanaga amutemesheje umuhoro rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Uwari ukurikiranyweho icyaha, mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Mutarama 2025, ari iwe mu rugo mu mudugudu wa Gisagara, akagari ka Shyembe, umurenge wa Maraba,…

Read More

Nyarugenge : Umugore yemereye ubushinjacyaha ko yakubise umugabo kugeza amwishe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Werurwe 2025  , ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we bikamuviramo urupfu.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwemeje ko bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye…

Read More

USA yaragagaje ko umudepite wayo uherutse mu Rwanda na DRC atari intumwa idasanzwe ya Perezida Trump

Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yasobanuye ku wa kabiri ko umudepite mu nteko inshinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za Amerika witwa Ronny Jackson uherutse gusura u Rwanda atigeze agirwa intumwa idasanzwe y’iki gihugu . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku mugorabo wo ku munsi wejo, iyi ambasade…

Read More

Dr . Bizimana yasabye urubyiruko kudaterwa ubwoba n’ibitero by’abazungu

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yabwiye urubyiruko kudaterwa ubwoba n’abazungu bakomeje kugaba ibitero ku bihugu bya Afurika. Ibi Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu yabitangarije ubwo, yarimo kuganiriza abitabiriye ibiganiro biswe  Rubyiruko Menya Amateka Yawe bateraniye mu ishuri rya Lycée de Kigali . Aho yagize ati : “Abazungu batugabaho ibitero, ntabwo bashaka…

Read More