Umusirikare wigeze kuba mu buyobozi bukuru bwa RDF yitabye imana
Rtd. Brig Gen Frank Rusagara, wabaye mu buyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwa cancer yari amaranye igihe. ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu nibwo amakuru y’urupfu rwe yatangiye kumenyekana ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu,tariki ya 26 werurwe ndetse anemezwa n’Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig . Gen Rwivanga Ronald washimangiye ko…