Canada yashyize iherezo ku mikoranire na Leta zunze Ubumwe z’Amerika

Mu kiganiro n’itangazamakuru, minisitiri w’intebe wa Kanada Mark Carney yavuze ko imikoranire yari imaze igihe hagati ya Leta ya Kanada na Leta zunze Ubumwe z’Amerika ishyizweho mu by’ubukungu, umutekano mu bya gisirikare ushyizweho iherezo. Ati” Umubano twari tumaze igihe dufitanye na Leta z’Unze Ubumwe z’Amerika w’ubufatanye muby’ubukungu, umutekano n’ubufatanye mu bya gisirikare, ushyizweho iherezo. Ibi…

Read More

DRC :FARDC yashinje M23 gutera ibirindiro byayo mu gihe cy’agahenge

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) cyemeje ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 urimo ‘gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo. Mu itangazo, umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo Général Major Sylvain Ekenge avuga ko “ibitero biheruka” bya M23 byibasiye ibirindiro bya FARDC i…

Read More

Amb. Nduhungirehe yerekeje mu nama yiga ku mutekano wa DR Congo muri Amerika

Kuri uyu wa 27 Werurwe, Olivier Nduhungirehe minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yerekeje muri leta zunze ubumwe z’Amerika munama ya Loni ivuga ku bibazo by’umutekano biri muri DR Congo. Aka kanama k’umutekano kwisi kagiye guteranira muri lete zunze ubumwe z’Amerika kabuga kibazo biri kuri DR Congo, nyuma yuko umwe mubayobizi mu ishyaka riri kubutegetsi muri…

Read More

Umunya-Mauritania Mohamed Wade watoje Rayon Sports yatawe muri yombi

Umutoza ukomoka mu gihugu cya Mauritania Mohamed Wade watoje ikipe ya Rayon Sports nk’umutoza wungirije aza no kuyisigarana nk’umutoza mukuru yatawe muri yombi aho akekwaho gutanga Sheki itazigamiye nk’uko amakuru abyemeza. Uyu mutoza amakuru yemeza ko yatanze Sheki ya Miliyoni Umunani z’amafanga y’u Rwanda(8,000,000Frw) itazigamiye , kuko uwo yari yahaye iyo Sheki yagiye kuri banki…

Read More

Liverpool yinjiye mu rugamba ihanganiyemo umukinnyi na Manchester city

Mu ikipe ya Liverpool, humvikanye amakuru aganisha ku ishakisha ry’umusimbura wa Trent Alexander Arnold, biteganyijwe ko agomba gusohoka muri iyi kipe mu mpeshyi y’uyu mwaka, myugariro w’iburyo Andrea Cambiaso, ukinira ikipe ya Juventus ari mu b’imbere bahabwa amahirwe. Mu gihe kontaro ye igana ku musozo biravugwa ko umukinnyi Trent Alexander Arnold, yamaze kumvikana n’ikipe ya…

Read More

Umuzamu w’Amavubi Ntwari Fiacre uri mu bihe bibi agiye kubona indi kipe yerekezamo

Umuzamu mpuzamahanga w’Umunyarwanda akaba n’umuzamu wa mbere w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” Ntwari Fiacre ashobora gutandukana n’ikipe ya Kaizer Chiefs nyuma yo kugirwa umuzamu wa Gatatu w’iyi kipe yaraje ari umuzamu wa mbere. Uyu muzamu wakiniye amakipe atandukanye Kandi anakomeye hano mu Rwanda arimo Intare(2016-2017), APR FC na Marines FC(2017-2021) , AS Kigali (2021-2023), na…

Read More

Uburayi bwasabye abaturage babwo kwitegura ibihe by’ibiza n’intambara

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi  wasabye abaturage kugura ibikoresho by’ibanze, bihagije byakwifashishwa mu gihe kibyago bishobora kurenza iminsi 3. Umuyobozi w’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ishinzwe Imicungire y’Ibyago Hadja Lahbib, yatangaje ibi kuri uyu wa Gatatu taliki 26 Werurwe ubwo yari ari mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye i Brussels, mu Bubiligi. Nubwo atavuze ku gihugu cy’Uburusiya by’umwihariko, Hadja Umuyobozi w’umuryango w’Ubumwe…

Read More

Kigali :Abamotari bibukijwe uruhare rwabo mu gusigasira umutekano wo mu muhanda

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, Polisi y’u Rwanda, Urwego rw’Igihugu ngenzura mikorere(RURA) n’abandi bafatanyabikorwa, bagiranye inama n’abatwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali. Ni inama yabereye kuri sitade ya Kigali yitiriwe Pele mu Karere ka Nyarugenge, yitabiriwe n’abasaga 6000 bibumbiye muri Koperative ‘Umurimo unoze motari’ ihuza abatwara moto bakorera mu Mujyi…

Read More

Dore iby’ingenzi byavugiwe mu biganiro byahuje perezida Tshisekedi na Joao Lourenco wa Angola

Ku wa gatatu, tariki ya 26 Werurwe, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yabonanye na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, i Luanda. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola, Téte António, ngo abakuru b’ibihugu byombi bemeye “gukomeza ibiganiro n’inama buri gihe,” nubwo Angola yavuye ku nshingano zo kuba umuhuza mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC….

Read More