Canada yashyize iherezo ku mikoranire na Leta zunze Ubumwe z’Amerika
Mu kiganiro n’itangazamakuru, minisitiri w’intebe wa Kanada Mark Carney yavuze ko imikoranire yari imaze igihe hagati ya Leta ya Kanada na Leta zunze Ubumwe z’Amerika ishyizweho mu by’ubukungu, umutekano mu bya gisirikare ushyizweho iherezo. Ati” Umubano twari tumaze igihe dufitanye na Leta z’Unze Ubumwe z’Amerika w’ubufatanye muby’ubukungu, umutekano n’ubufatanye mu bya gisirikare, ushyizweho iherezo. Ibi…