Elizabeth II yarimitswe,Repubulika y\’ubutaliyani yarashinzwe,Pope John Paul II …. byinshi byaranze iyi taliki ya 2/Kamena mu mateka

Tariki 2 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 154 mu igize umwaka, hasigaye 212 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi: 1946: Havutse Repubulika y’u Butaliyani, muri kamarampaka yabaye abaturage b’iki gihugu bahisemo ko igihugu cyabo kiva mu Ngoma ya Cyami kigahinduka repubulika, nyuma y’itorwa ry’iyi mpinduka Umwami Umberto II di Savoia wayoboraga iki…

Read More

Niki kihishe inyuma y\’umushinga wa Israel w\’agahenge mu ntambara hagati yayo n\’abarwanyi ba Hamasi?

Mu ijoro ryakeye ,Leta ya Israel yatangaje umushinga mushya wo gutanga agahenge mu ntambara yayo n\’umutwe wa Hamasi byateye abasanzwe bayikurikiranira hafi kugira icyo babitangazaho. Israel yatangaje umushinga mushya w\’agahenge ukubiyemo ibice bitatu by\’ingenzi birimo gukura ingabo zayo mu duce dutuwe twa Gaza , gufungura infungwa z\’intambara ndetse no kureka imodoka zitambutsa ibiribwa n\’ibindi bigoboka…

Read More

Paper Talk:Karim Benzema yaje gusura ku ivuko,BAL 2024 yashyizweho akadomo! abatoza muri Africa bakomeje kwirukanwa

Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, mu gihe Rivers Hoopers ya twaye umwanya wa gatatu muri BAL 2024.(#BAL 2024) Karim Mostafa Benzema,36 ya geze iya Béjaïa muri Algeria aho aba byeyi be bakomoka  kuri uyu wa…

Read More

Paper Talk:Chelsea yabererekeye Arsenal, Ederson Moraes arasohoka muri city? Akazoza ka Mason Greenwood

Borussia Dortmund  biragoye ko ya twara mu buryo bw’a burundu intizanyo ya  Manchester united  Jadon Sancho, 24 kubera ibibazo by’Ubushobozi buke bw’Amafaranga,  uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (#Sky Sports) Umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Kobbie Mainoo, 19, biteganyijwe ko ashobora gusinya amasezerano mashya muri Manchester United nyuma y’Igikombe ki Burayi kiza tangira muri uku kwezi…

Read More

Uefa Champions League final; Dortimund vs Real Madrid,11 bashobora kubanzamo ,kuraguza intsinzi umutwe ndetse n\’andi makuru avugwamo

Kuri uyu wa gatandatu, taliki 1/ kamena, Real Madrid na Borussia Dortmund ziraza guhura kumukino wanyuma wa Champions League .uyu mukino ugiye guhuza aya amakipe yombi mu gihe Real Madrid iraza kuba ihatanira gutwara igikombe cyayo 15 mu mateka yayo ndetse kikaba icya mbere kuguhera mu 2022 kuko nibwo igiheruka , Borussia Dortmund irashaka gutwara…

Read More

Paper Talk: Amavubi abonye undi mukinnyi wo kubafasha, Espoir FC itewe mpaga 16! Simba ikomeje amavugurura adasanzwe

Umusore w’Imyaka 25 Jojea Kwizera usanzwe ukinira ikipe yo muri reta zunze  ubumwe za America ya Rhode Island FC ya maze guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu “Amavubi” iri kwitegura imikino ibiri yo gushaka tike y’Igikombe kisi cya 2026. (#IMFURAYACU Jean Luc) Ikipe ya Espoir FC yakinanga muri shampiyona y’Ikiciro cya kabiri yamanuwe mu cyiciro cya gatatu…

Read More

Umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana ku kamaro k\’amata,Donald Trump ,Hitler… uyu munsi mu mateka taliki ya 1/Kamena

Ibyibukwa by\’ingenzi byaranze iyi tarik 1 kamena mu mateka y\’Isi by\’umwihariko mu buzima bwa muntu,Buri munsi wose mu mateka y\’Isi uba ufite icyo usobanuye haba ku muntu, ku muryango runaka, Igihugu, Umugabane, ndetse n\’Isi yose muri rusange,reka dusubire inyuma mu mateka turebe iby\’ingenzi byaranze iyi tariki: Uyu munsi ni ku wa gatandatu tariki ya 01…

Read More

Nyakubahwa perezida Kagame Paul yakiriye umunyarwenya Dave Chappelle

Ku gicamunsi cyo kuwa 31, Gicurasi perezida wa repubulika y’urwanda Kagame Paul yikiriye umunyarwenya Dave Chappelle w’imyaka 51 ufite inkomoko muri Leta zunze ubumwe z’ America , yamwakiriye mubiro by\’umukuru wigihugu Village Urugwiro. Mu ijoro ryo kuwa 30 , Gicurasi 2024 nibwo uyu munyarwenya Dave Chappelle yataramiraga kimihurura mu mugi wa kigali .Imyaka 34 Dave…

Read More

Leta zunze ubumwe z\’Amerika zemereye Ukraine gukoresha ibisasu yahawe n\’Uburengerazuba bw\’isi mu ntambara yayo n\’Uburusiya

Nyuma y\’ibihugu bitandukanye birimo Ubwongereza,Ubufaransa n\’ubudage bigaragaje ubushake bw\’uko Ukraine yakoresha intwaro yahawe na Amerika mu ntambara, Leta zunze ubumwe z\’Amerika nazo zemeye uwo murongo. Ni ubusabe peresida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yari amaze igihe ategereje ko ibihugu bitera inkunga mu ntambara igihugu cye kirwanamo n\’Uburusiya byemera. Mu mbwirwaruhame n\’ibiganiro n\’abanyamakuru, Perezida w\’Ubufaransa Emmanuel Macron…

Read More