Aisha yasabye imbabazi abagabo bose nyuma yo kubita amagweja n’ibimonyo

Inkindi Aisha usanzwe ari Umukinnyi wa Sinema Nyarwanda, yasabye imbabazi anavuga ko yabivuze atazi ko ari n’ibitutsi nyuma yo kwita abagabo ibimonyo n’amagweja.  Inkindi Aisha nyuma yo kwita abagabo batabarizwa mu itsinda rishinzwe kurwanya iterabwoba rizwi nka CTU ,amagweja ndetse n’ibimonyo, amaze kubisabira imbabazi nyuma yo gutukwa bikomeye cyane ku mbuga nkoranyambaga n’abatari bake. Umukinnyi…

Read More

BREAKING NEWS : Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye imana

 Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, wari ambasaderi w’igihugu cya Qatar mu Rwanda yitabye imana . Amakuru mabi yatashye i Doha ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo Nyakabahwa Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani usanzwe ari minisitiri w’intebe w’iki gihugu yatangaje iyi nkuru y’incamugongo kuri rubanda,abicishije ku urukuta rwe rwa X ,aho yihanganishije umuryango ndetse…

Read More

TODAY IN HISTORY: Tariki ya 20/Nyakanga, CIA yashyize ahagaragara inyandiko z‘amabanga ziba zigenzurwa na Guverinoma naho igikomangoma Haakon cyibona izuba

uyu munsi tariki 20 Nyakanga ni umunsi wa 202 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 164 kugira ngo umwaka ugere ku isoko. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Tariki ya 20 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umukino wa Damu, umukino wavumbuwe mu 1924. Uyu munsi watangiye kwizihizwa kuva mu 1966, bitangijwe n’ishami…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Cristiano Ronaldo yaciye agahigo muri shampiyona zose eshanu zikomeye ku isi naho Kiki Musampa abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1920 hashinzwe ikipe y’umupira w’amaguru yo mu ubuholandi yitwa Sportclub Heerenveen; ariko yabanje witwa Athleta mu ntago z’ishingwa ryayo;iyi inafite Igikombe cy’igihugu cyo mu buholandi cyizwi nka KNVB mu mwaka w’imikino wa 2008–09. 1924 Ottavio Bottecchia wo mu Butaliyani yegukanye Tour De france yabaga…

Read More

PaperTalk[Europe]: N’Golo Kante agiye kugaruka mu Bwongereza,Chelsea yageze muri Paris St-Germain irashaka gukuramo barutahizamu babiri!

Tottenham Hotspur yiteguye guhangana n’ikipe ya Fulham mu Gusinyisha  Scott McTominay  wa Manchester United ubu akaba afite imyaka  27 ariko akaba yarabuze umwanya uhagije wo gukina  bimusunikira gusohoka muri iy’ikipe. (Sun) Fulham   kandi irasha kuzana Umunya-Brazil  Ukina hagati mu kibuga  Andre, 23, ukinira ikipe ya  Fluminense  mu gihugu cya Brazil akaba afite imyaka 29  uyu bakaba…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Abakozi ba Kiyovu Sports bakomeje kugaruka mu kazi nubwo havugwamo ibibazo! Lamine Bah uheruka gusinyira APR FC ntakereje muri Olempike

Zira FK ya Mutsinzi Ange yabuze amahirwe yo gukomeza muri Europa League. Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange yatsinzwe na FC Sheriff yo muri Moldova penaliti 5-4, nyuma  yo kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi yo mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’amatsinda ya UEFA Europa…

Read More

Nyuma y’Imyaka 10  APR FC yongeye kugera kumukino wanyuma wa CECAFA Kagame Cup itanga ubutumwa kuri  Azam bafitanye urubanza!

Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC imaze kugera kumukino wanyuma wa CECAFA nyuma yogutsinda kuri za penaliti  Al- Hilal Omdurman 5-4  umukino wabereye kuri KMC Stadium. Kuri uyu wa gatanu n’ibwo ikipe y’ingabo z’igihugu  APR FC  yagombaga kwisobanura n’ikipe ya Al- Hilal Omdurman yo muri Sudani  y’umutoza  Florent Ibengé akaba ari n’umukino wagombaga gutanga itike y’umukino w’anyuma…

Read More

Umukuru w’igihugu cy’Uburundi yemeje ko ubukene bugiye gushira kubera umutungo Ababiligi bari barahishe wavumbuwe!

Ibi byavuzwe na Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wababajwe cyane bikomeye n’abakoloni b’Ababiligi basize bahishe amabuye y’agaciro y’igihugu cyabo yo mu bwoko bwa Gasegereti. Umuyobozi wa sosiyete BIMECO icukura Gasegereti na Coltan yamusobanuriye ko ubushakashatsi bwahakorewe mu gihe cy’umwaka n’igice, bwagaragaje ko hari amabuye apima toni 12.700.000. Uyu muyobozi yabwiye Ndayishimiye ati “Kera…

Read More

Kwandura Covid-19 bikiyongeraho n’impungenge zogutsindwa na Donald Trump; Joe Biden arageraniwe!

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yagaragaweho na COVID 19,ubwo yari I Las Vegas mu bikorwa yari akomeje byo Kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganijwe mu kwezi Kwa cumi na kumwe uyu mwaka. ibintu benshi bemeza ko bishobora kuzagira ingaruka ku matora ateganyijwe ahangayemo na Donald Trump. Ni mu itangazo ryatanzwe n’umunyamabanga w’ibiro by’umukuru…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Impinduka kumukino wa APR FC muri CECAFA Kagame Cup,Rwanda Premier League, FERWAFA kongera abanyamahanga!

Harasabwa ko umubare w’abanyamahanga bakina muri shampiyona y’u Rwanda wongerwa bakaba 12. Ihuriro ry’amakipe akina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, ryasabye ko umubare w’abakinnyi bakomoka hanze y’u Rwanda wava ku bakinnyi batandatu ukagera kuri 12 kuva mu mwaka w’imikino 2024-2025.(#Kigali ToDay) Basketball: REG WBBC yihimuye kuri APR WBBC inasoza shampiyona iyoboye. mu mukino w’abakeba…

Read More