Bidateye kabiri, indirimbo best Friend ya Bwiza na The Ben yasibwe kuri YouTube

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki 28 Ugushyingo 2024, indirimbo “Best friend” y’umuhanzikazi Bwiza yakoranye na The Ben, yasibwe ku rubuga rwa YouTube nyuma yo kuregwa copyright n’uwitwa NIYONKURU Albert Albito . Nyuma y’igihe kitari gito umuhanzikazi Bwiza, ashyize hanze indirimbo “Best friend” yahuriyemo na The Ben, kuri ubu amakuru avuga ko yamaze…

Read More

Akanyamuneza ni kose ku muhanzikazi ‘Sheebah Karungi’ wibarutse imfura

Umuhanzikazi uri mu bakunzwe n’imbaga nyamwinshi mu gihugu cya Uganda, “Sheebah Karungi” yibarutse umwana w’umuhungu nyuma y’igihe kirekire atwite. Kuri uyu wa mbere taliki 25, Ugushyingo 2024, hirya no hino Ku mbuga nkoranyambaga nibwo inkuru yabaye kimomo y’uko uyu umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda uzwi nka Sheebah Karungi yibarutse umwana w’umuhungu. Aya makuru y’ibyishimo…

Read More

One Direction:Zayn Malik yunamiye mugenzi we Liam Payne witabye Imana

Akiva mu muhango wo guherekeza no gushyingura mu cyubahiro umuhanzi Liam Payne uherutse kwitaba Imana, mugenzi we Zayn Malik babanye mu Itsinda “One direction”, yamwunamiye by’umwihariko mu gitaramo cye yakoreye aha mu Bwongereza. Muri iki gitaramo, Malik mu guha agaciro mugenzi we uherutse kubavamo, yamwunamiye mu buryo bw’umwihariko, Aho yifashishije insakazamashusho ziri mu mabara y’ubururu…

Read More

Fatakumavuta yaburanye ku bujurire bw’ikemezo cyo gufungwa iminsi 30

Kuri uyu wa Kane taliki 21 Ugushyingo 2024, kurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge habereye iburanishwa ry’ubujurire bw’umunyamakuru Sengabo jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta. Iryo buranishwa ryari ku cyemezo aherutse gufatirwa n’urukiko cyo gufungwa iminsi 30, y’agateganyo byanzurwa ko imyanzuro y’urubanza izasomwa taliki 25, Ugushyingo 2024 I saa munani z’amanywa (niba agomba gufungwa iminsi 30). Uyu munyamakuru,…

Read More

Indirimbo nshya “Best Friend” ya Bwiza na The Ben ikomeje kubica bigacika!

Kuri uyu wa kabiri taliki 19 Ugushyingo 2024, Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda Mugisha Benjamin uzwi nka “The Ben”, afatanyije n’umuhanzikazi Bwiza Emerance uzwi nka “Bwiza” bashyize ahagaraga indirimbo “Best friend” aba bombi bahuriyemo. Iyi ndirimbo “Best friend” ugenekereje mu kinyarwanda isobanuye “incuti y’akadasohoka cyangwa se incuti magara” igiye ahagagara nyuma y’igihe…

Read More

Israel mbonyi mu myiteguro yo gusubira gususurutsa abanyakenya

Umuhanzi Israel mbonyi uzwi cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yatangaje ko ari mu myiteguro yo kujya gutaramira muri Kenya mu gitaramo cyihariye kitezweho gufasha Abanyakenya gusoza umwaka banezerewe. Uyu muhanzi wamamaye cyane mu ndirimbo nka “Nina Siri”, “Nitaaamini”, “icyambu” n’izindi, yatangarije itangazamakuru ko mu ijoro ryo kuwa 31 Ukuboza 2024, azataramira muri…

Read More

Okkama yiteze byinshi mu gitaramo “All Whites Party” yatumiwemo muri Congo

Umuhanzi w’umunyarwanda Okkama, uri mu batumiwe mu gitaramo “All Whites Party” kizaba taliki 28 Ukuboza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko agomba kuzabyaza umusaruro aya mahirwe. Umuhanzi Ossama Masut Khalid wamamaye mu ndirimbo nyarwanda nka Okkama, yatangaje ko arajwe inshinga no kubyaza umusaruro igitaramo cy’abambaye imyenda yera “all whites party” yitegura kuzaririmbamo, mu…

Read More

Ibyari ugukorana indirimbo hagati y’umuhanzi Offset na Gazo byahindutse iteramakofe !

umuraperi w’umunyamerika Offset na mugenzi we Gazo bateranye ibipfunsi karahava, ibyari ugufata amashusho y’indirimbo bahuriyemo bihinduka imirwano. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 14, Ugushyingo 2024, Umuhanzi w’umuraperi ukomoka muri America, ubwo yahuraga na mugenzi we w’umufaransa Gazo, mumushinga wo gufata amashusho y’indirimbo bahuriyemo, ibyari ubufatanye byahinduye isura birangira bateranye igipfunsi. Amakuru avuga ko impamvu…

Read More

Ibyamamare bikomeje kwitaba Imana, icyamamare muri filimi kitabye Imana mu buryo butunguranye

Umukinnyi w’ikirangirire muri filme Song Jae Lim, ukomoka muri Koreya y’Epfo, wamenyekanye cyane mu gakinabutumwa kitwa “Moon Embracing the sun” kakunzwe n’abatari bake, kuri uyu wa kabiri taliki 11 Ugushyingo 2024 yitabye Imana . Uyu mugabo w’imyaka 39 y’amavuko, bivugwa ko umubiri we wasanzwe mu rugo rwe muri Seoul. Ni mugihe polisi yo muri iki…

Read More

Batatu bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Liam Payne uzwi mu itsinda rya one direction batawe muri yombi

Abantu bagera kuri batatu batawe muri yombi n’inzego z’umutekano bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’umuhanzi Liam Payne wamenyekanye mu itsinda “One direction” uherutse kwitaba Imana mu kwezi gushize. Urupfu rw’uyu muhanzi w’umwongereza witabye Imana ku myaka 31 y’amavuko, rwamenyekanye taliki 16 Ukwakira 2024, nyuma yo guhanuka ku igorofa rya gatatu rya hoteli izwi nka “Casa…

Read More