Dore Urutonde rw’ibitaramo 9 wa kwitabira muri izi mpera ni ntangiro z’u mwaka

Mu mpera z’u mwaka akenshi abantu batandukanye baba bashaka gusohoka mu bikorwa bitandukanye by’imyidagaduro, hagamijwe gusoreza umwaka ndetse n’iminsi mikuru mu byishimo. Ibi ni ibitaramo by’imbaturamugabo biteganyijwe mu mpera ndetse no mu ntangiriro z’uyu mwaka wa kwitabira. 1.Album Listening ya Bruce Melodie (21/ Ukuboza/2024), iki ni igikorwa uyu muhanzi yateguriye abakunzi b’ibihangano bye, aho azabumvisha…

Read More

Ese ni iki kihishe inyuma yo guhura kwa Butera Knowless na Yago Pondat ?

Butera Knowless yashyize ahagaragara amashusho amwerekana yishimanye n’umuhanzi Nyarwaya innocent wamenyekanye nka Yago Pondat  ubwo bahuriraga mu gihugu cya Uganda uyu muhanzikazi ari kubarizwamo kuri ubu . Ni Butera Knowless, ugiye kongera gutaramira muri Uganda, yaherukaga gutaramiramo mu myaka irindwi ishize. Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki 10 Ukuboza 2024 nibwo uyu muhanzikazi nyarwanda…

Read More

Huye : Global Music Studio yashyize igorora abanyempano bo muri Kaminuza y’u Rwanda

DAILY BOX Huye, 8 Ukuboza 2024 –  Inzu itunganya umuziki  yitwa Global Music Studio, umuziki yitezweho gufasha abahanzi batangiye uyu mwuga bafite impano y’ubuhanzi, by’umwihariko abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) Ishami rya Huye.  Iyi ni studio nshya iherereye mu gace kitiriwe umujyi wa Madina wo muri Saudi Arabia bijyanye nuko hari umusigiti w’abayisilamu  ,…

Read More

Umuhanzi Weasel yisize insenda kuri Chagga wakubise Umugore We, Teta Sandra

Kampala, Uganda – Umuhanzi Weasel, uzwi cyane mu itsinda rya Good Lyfe, yatangaje ko atazababarira uwitwa Chagga, wahoze ari umujyanama w’iri tsinda, yakubise umugore we Teta Sandra. Ibi byatangajwe mu gihe hagaragaye amashusho ku mbuga nkoranyambaga yerekana uburyo Chagga na Teta Sandra bateranye amagambo, nyuma yuko Chagga akubita umugore we mu maso, ibintu byateje impaka…

Read More

RIB yataye muri yombi Jacky  imukurikiranyeho ibyaha by’urukozasoni

Ku wa 4 Ukuboza 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Usanase Shalon, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Jacky.  Iki gikorwa cyatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, nyuma yo gukurikirana ibikorwa by’ubugizi bwa nabi uyu Jacky  akora. Jacky akurikiranyweho gukora ibikorwa by’ibiterasoni mu ruhame no gutangaza amakuru y’urukozasoni hakoreshejwe imbuga nkoranyambaga,…

Read More

Kendrick Lamar hamwe n’indirimbo ye yitwa ‘Not Like Us’ bamaze gushyiraho amateka adasanzwe

Umuraperi w’icyamamare Kendrick Lamar yongeye gusekerwa n’amahirwe mu muziki, aho indirimbo ye nshya  izwi nka ‘Not Like Us’ imaze kuba igisonga ku rutonde rw’indirimbo zikunzwe ku isi, muri iki cyumweru cyayo cya mbere kuri Billboard Hot 100, ndetse no ku rutonde rwa Apple Music mu mwaka wa 2024.  Iyi ndirimbo yagiye ifata intera ikomeye mu…

Read More

Minisitiri Dr. Utumatwishima yasuye abahanzi bategura icyitwa ‘Unveil Festival’ !

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yakiriye abahanzi bari mu myiteguro yo gukorera igitaramo mu iserukiramuco rya ‘Unveil Festival’, ryubakiye ku muziki gakondo.  Dr.Utumatwishima yagiranye ibiganiro n’abahanzi b’ibyamamare mu njyana ya Gakondo, barimo Ruti Joël, Victor Rukotana, na Chrisy Neat, asaba ko igitaramo cyabo kizaba gikurikije gahunda, kigakorerwa mu buryo burangwa n’ikinyabupfura, isuku…

Read More

Nyambo ni byose kuri njye: TITI Brown yahishuye byinshi ku gisa nk’agakungu ke na Nyambo

Ishimwe Thierry, umubyinnyi kabuhariwe wamenyekanye nka Titi Brown, kuri uyu wa gatandatu taliki 30 Ugushyingo 2024 yatangaje byinshi ku mubano we n’umukinnyi wa filme Nyambo Jesca. Ubwo yari mu kiganiro Samedi Detente kuri Radio Rwanda, uyu mubyinnyi yabajijwe ku cyihishe inyuma y’umubano udasanzwe afitanye na Nyambo, ndetse anabazwa icyo Nyambo asobanuye kuri we. Asubiza ko…

Read More

Chriss Eazy arashinjwa gushishura abanyekoreya y’epfo

Umuhanzi Rukundo christian, wamamaye nka Chriss Eazy, nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo “Sambolela”, yahindutse ingingo yo kuganirwaho hirya no hino Ku mbuga nkoranyambaga, aho bakomeje kumushinja gushishura tumwe mu duce tugize indirimbo “work” y’itsinda ry’abahanzi bo muri Koreya y’epfo. Uyu muhanzi usanzwe uzwiho igikundiro mu ngeri zose z’abanyarwanda, kubera umwihariko w’amaahusho y’indirimbo ze, kuri…

Read More