Gatete Jimmy

UCL : Nyuma yo kugarikwa na liverpool ikajya ahabi ; ese ibya Real Madrid bibazwe nde ?

🛑LIVE: Liverpool vs Real Madrid – UEFA Champions League🛑 Liverpool ; Mu kanya gashize ku kibuga Anifield giherereye mu Bwongereza, ikipe ya Real Madrid imaze gutsindwa na Liverpool ibitego bibiri ku busa by’umunya – Argentine Alexis MacAllister ndetse n’umuholandi Cody Gakpo Mathès bituma ikomeza kuba habi ku rutonde rwa Champions League yahinduriwe isura . Amakuru…

Read More

Ben Chilwell wa Chelsea nyuma yo kudakoreshwa na Maresca ashobora kwereza muri Juventus

Umwongereza usanzwe ari Myugariro wa Chelsea witwa Ben Chilwell ari kwifuzwa nk’intizanyo n’amakipe agiye akomeye ku mugabane w’i Burayi ayabowe na Juventus mu kwezi kwa mbere nyuma yuko uyu musore agaragaje ko ashaka gusohoka muri iyi ikipe bijyanye nuko yabuze umwanya uhagije wo gukina mu ikipe ya Chelsea . Uyu musore wimyaka 27 yagaragarijwe ko…

Read More

Kera kabaye umukino wa Rayon Sports na Apr fc wamenyekanye igihe ugomba kuzaberaho !

Urwego rutegura Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Mupira w’Amaguru (Rwanda Premier League) rumaze gutangaza ko kuri sitade Amahoro, tariki ya 7 / Ukoboza /2025 ari bwo  umukino ubanza uzahuza ikipe ya Rayon Sports na  Apr Fc ugomba kuzaba . Uyu mukino ufatwa nk’uhatse iyindi kubutaka bw’u Rwanda wakunze guterwa ipine inshuro nyinshi bijyanye nuko hagendaga…

Read More

Tottenham yajuririye uburebure bw’igihano cyahawe Rodrigo Bentancur nyuma yo guhamwa n’amacakubiri ashingiye ku moko !

Ikipe ya Tottenham yatangaje ko yajuririye uburebure bw’igihano giherutse guhabwa umunya- Uruguayusanzwe uyukinira witwa Rodrigo Bentancur cyo guhagarikwa imikino irindwi kubera amagambo yumvikanyemo igisa n’ivangura yavuze kuri mugenzi we ukinira ikipe y’igihugu ya Koreya y’Epfo witwa Son Heung-min. Ku wa mbere, nibwo Bentancur yabujijwe n’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu bwongereza kongera gukandagira mu kibuga mu gihe…

Read More

Arsenal iri mu biganiro na Luis Campos wa PSG nk’umusimbura wa Edu Gaspard uherutse gusezera muri iyi ikipe !

Ikipe ya Arsenal iri kwifuza bikomeye Umunya- Portigale witwa Luís Campos usanzwe ari umuyobozi wa siporo mu ikipe ya Paris Saint Germain kugirango aze gusimbura umunya – Brazil Eduard Gaspard wamaze gutangaza ko agiye gukomereza izi nshingano muri sosiyete rutura isanzwe ifite amakipe y’umupira w’amaguru menshi hirya no hino harimo ku isi harimp n’ikipe na…

Read More

AFCON 2025 Q: Nigeria idafite zimwe mu nkingi zayo za mwamba igiye gutana mu mitwe n’Amavubi !

Ikipe y’igihugu ya Nigeria iraza gukina n’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ idafite bamwe mu bakinnyi b’inkingi za mwamba zayo barimo Ola Aina, Stanley Nwabali na Ademola Lookman mu mukino bafitanye kuri uyu wa mbere tariki ya 18 / Ugushyingo urabera kuri sitade mpuzamahanga ya Godswill Akpabio . Ikipe y’igihugu ya Nigeria yo yamaze kubona itike igomba kuyerekeza…

Read More

Real Madrid igeze kure ibiganiro bigamije gusinyisha  Trent Alexander-Arnold muri Mutarama

Ikipe ya Real Madrid igeza kure ibiganiro bigamije gusinyisha myugariro Trent Alexander-Arnold usanzwe ukinira ikipe ya Liverpool mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri Mutarama ndetse hakaba hari n’amakuru avuga ko iyi ikipe y’ibwami yamaze kumvikana n’uyu mwongereza kuzatangirira umwaka wa 2025 mu mujyi wa Madrid . Trent Alexander-Arnold uri mu mwaka we wa nyuma…

Read More

Ishyirahamwe ry’abasifuzi ryihanangirije abarimo Rugaju Reagan bakomeje kumvikana basebya umwuga wabo

Ishyirahamwe ry’Abasifuzi mu Rwanda (ARAF) ryihanangirije ubuyobozi bw’ikigo k’igihugu cy’itangazamakuru [RBA] nyuma yuko bamwe mu banyamakuru b’iki kigo bakora mu gisata k’imikino by’umwihariko uwitwa Rugaju Reagan bakomeje gukoresha imvugo ziharabika ku mwuga wabo kandi nabi zitabasize. Ibi byose bikubiye mu ibaruwa ubuyobozi bw’iri Ishyirahamwe ry’Abasifuzi mu Rwanda ryandikiye RBA riyimenyesha iki kigo ritigeze ryishimira habe na…

Read More

Usibye na Viktor Gyokeres nta wundi mukinnyi wa Sporting nzasinyisha muri Manchester united mu kwezi kwa mbere : Ruben Amorim

Umutoza wa Manchester united witwa Ruben Amorim yatangaje ko nta mukinnyi numwe azigera asinyisha muri iyi ikipe amuvanye muri Sporting Lisbon yari abereye umutoza mu isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ry’ukwezi kwa mbere . Biteganijwe ko Amorim agomba gutangira inshingano ze nshya nk’umutoza wa Manchester united nyuma y’iki cyumweru nyuma yo gutoza umukino we wa nyuma…

Read More