Twagirumukiza Janvier

Umukinnyi w’ingenzi muri Barcelona agiye kumara igihe hanze adakina

Mu mukino ikipe ya Barcelona yatsinzemo Osasuna ibitego bitatu ku busa(3-0) wasize Umunya-Esipanye ukina hagati mu Kibuga no ku ruhande Dani Olmo yagize imvune dore ko yavuyemo n’umukino utarangiye ku wa 28′ asimburwa na Fermin Lopez. Uyu mukino wari uw’ikirarane , aho wari warasubitswe ku bw’urupfu rw’umuganga wa Barcelona. Barcelona yatsindiwe na Ferran Torres ku…

Read More

Hatangajwe umukinnyi w’umuhanga Barcelona izavana mu ikipe ya Liverpool

Ikipe ya Barcelona irateganya kuzagura Umunya-Colombia ukinira Liverpool Luis Díaz mu kwezi kwa gatanda ubwo isoko ry’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi rizaba ryongeye gufungura. Mu nkuru yanditswe n’ikinyamakuru The Athletic iremeza ko iyi kipe y’Umudage Hansi Flick yamaze gushima urwego rw’uyu mukinnyi ku buryo igisigaye aruko isoko ryo mu mpeshyi ya 2025 ryafungura. Uyu Munya-Colombia ari mu…

Read More

TO DAY IN SPORTS HISTORY: Mukura VS yakoze impanuka y’imodoka mu gihe Alan Shearer yakoze amateka

Tariki ya 3 Gashyantare ni umunsi wa 34 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 331 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka ya Siporo mu Rwanda no hirya no hino ku isi . 1967: Umunya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika Muhammad Ali akaba n’igihangange mu iteranamakofe yatsinze Ernie Terrell nawe…

Read More

Minisitiri w’ububanye n’amahanga yavuze ku rugomo rumaze iminsi ruvugwa ku rubyiruko rw’Abanyasudani y’Epfo baba mu Rwanda

Minisitiri w’ububanye n’amahanga w’u Rwanda Olivier JP Nduhungirehe abicishije ku rukuta rwe rwa X yagarutse ku bimaze iminsi bivugwa ndetse byanagaragajwe n’abamwe ko hari urubyiruko rw’Abanyasudani y’Epfo rubahohotera. Ni amakuru yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga byumwihariko kuri X ndetse bamwe banatabazaga polise y’igihugu kugirango igire icyo ibikoraho, nubwo we agaragaza ko ari ubushyamirane hagati y’urubyiruko…

Read More

Iby’itike ya CHAN biri gusobanuka nyuma yo kuberereka kwa Amavubi na Ethiopia

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yamaze gusezererwa yagabanyije umubare w’amakipe agifite amahirwe yo gukina imikino y’igikombe cya Africa cy’abakina imbere mu bihugu byabo “CHAN” umwaka wa 2025. Kuki u Rwanda rwasezerewe rutarakina umukino wo kwishyura Mu karere ka Africa y’iburasirazuba “CECAFA” muri iyi mikino ya CHAN bemerewe gutanga amakipe Ane gusa atatu muri ayo yabonye…

Read More

Dore Urutonde rw’ibitaramo 9 wa kwitabira muri izi mpera ni ntangiro z’u mwaka

Mu mpera z’u mwaka akenshi abantu batandukanye baba bashaka gusohoka mu bikorwa bitandukanye by’imyidagaduro, hagamijwe gusoreza umwaka ndetse n’iminsi mikuru mu byishimo. Ibi ni ibitaramo by’imbaturamugabo biteganyijwe mu mpera ndetse no mu ntangiriro z’uyu mwaka wa kwitabira. 1.Album Listening ya Bruce Melodie (21/ Ukuboza/2024), iki ni igikorwa uyu muhanzi yateguriye abakunzi b’ibihangano bye, aho azabumvisha…

Read More

Rayon Sports irahagarikwa nande? yongeye gutsinda nta kwinjizwa igitego

Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2024, hakinwe umunsi wa 10 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda aho ikipe ya Rayon Sports yisasiye ikipe ya Gorilla FC bari bahanganiye umwanya wa mbere yuzuza umukino wa karindwi wikurikiranya itsinda. Iyi kipe yambara amabara y’ubururu n’umweru bari bakiri we na Gorilla FC kuri Kigali Pele Stadium…

Read More

Abanyeshuri batanu birukanywe burundu bazira kurebera amashusho ya Balthazar!

Abanyeshuri batanu bo mu ishuri ryisumbuye rya Kamangala rizwi cyanye mu gace ka Walungu mu Ntara ya Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo birukanywe burundu n’iri shuri nyuma yo gufatwa bareba amashusho y’urukozasoni arimo na y’uwitwa Balthazar Ebang Engonga ukomeje guca ibintu hanze aha . Iki cyemezo cyafashwe ku ya 18 Ugushyingo…

Read More

Tanzania ishobora guhura n’uruvagusenya ikamburwa itike y’igikombe cya Afurika yari yabonye

Ikipe y’igihugu ya Tanzania ishobora kwamburwa tike y’ikombe cya Africa cya 2025 yari yabonye kubera amakosa yakoze ku mukino batsinzemo ikipe y’igihugu ya Guinea igitego kimwe ku busa(1-0) umukino wabereye kuri Benjamin Mkapa Stadium. Hari ku itariki ya 19 Ugushyingo ubwo ikipe y’igihugu ya Tanzania yakiraga iya Guinea mu gushaka itike y’imikino y’ikombe cya Africa…

Read More

Muvandimwe JMV wa Mukura VS yatangije amarerero y’abana umusanzu kuri siporo Nyarwanda

Umukinnyi w’ibumoso wa Mukura VS Muvandimwe Jean Marie Vianney yiyemeje no gutanga umusanzu we mu kubaka Siporo Nyarwanda abinyujije mu gushinga amarerero ya siporo (karate n’umupira w’amaguru). Uyu myugariro wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda nka Gicumbi FC, Police FC na Rayon Sports, kuri ubu akaba ari ku barizwa mu ikipe ya Mukura VS yafunguye…

Read More