AMANI Frank

3 YEARS EXPRIENCE SPORTS WRITER .

Luis de la Fuente utoza Esipanye yongereye amasezerano

Federasiyo y’umupira w’amaguru muri Esipanye (RFEF) yamaze gutangaza ko umutoza Luis de la Fuente, yongereye amasezerano ndetse akaba azakomeza gutoza iyi kipe y’igihugu kugeza muri 2028. Byari biteganyijwe ko amasezerano ye aheruka yari kurangirana n’igikombe cy’isi cyo muri 2026. Mu masezerano mashya uyu mugabo w’imyaka 63, yasinye harimo ingingo ivuga ko azageza muri 2028, ubwo…

Read More

Ni iki Randal Kolo Muani agiye gufasha Juventus yamutiye muri PSG ?

Ikipe ya Juventus ibarizwa mu mujyi wa Turin wo mu gihugu cy’Ubutaliyani yemeje ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’Umufaransa Randal Kolo Muani, imukuye muri Paris Saint Germain nk’intizanyo kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Nkuko tubikesha ikinyamakuru ESPN hari amakuru avuga ko Kolo Muani, yari yavuganye n’ikipe ya Tottenham gusa ibiganiro ntibyagenda neza maze birangira yerekeje muri…

Read More

Rivaldo yasubije Neymar uherutse kuvuga ko yakabaye yaramusimbuye mu ikipe yakinnye icy’isi cyo muri 2002

Mu gihugu cya Brazil ibintu bikomeje gufata indi ntera aho abakinnyi babiri b’ibihangange muri icyo gihugu bakomeje kugenda baterana amagambo. Mbere na mbere bijya gushyuha byatangiye ubwo Neymar Junior, yatanganaga (interview) ubwo yaganiraga na Romario,maze akaza kuvuga ko yakabaye asimbura Rivaldo,mu ikipe yakinnye igikombe cy’isi cyo muri 2002 agakinana na Ronalidihno hamwe na Ronaldo. Ni…

Read More

Breaking News : Carlo Ancelotti yafashe icyemezo ku hazaza he muri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid, Carlo Ancelotti, yamaze gutangaza ko atazakomezanya n’iyi kipe ubwo uyu mwaka w’imikino uzaba urangiye. Nkuko tubikesha ibinyamakuru birimo Forbes magazine, amakuru ahari avuga ko uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani yamaze kumenyesha ikipe ya Real Madrid, ko adateganya kubahiriza amasezerano aheruka gusinya mu mwaka ushize, aya masezerano akaba yagombaga kumugeza…

Read More

Aurelien Tchouameni wa Real Madrid yavunitse mbere y’umukino wa Las Palmas

Ikipe ya Real Madrid yavunikishije umukinnyi wayo Aurelien Tchouameni mbere gato y’itangira ry’umukino bakina na Las Palmas. Mu mukino iyi kipe iri bwakiremo Las Palmas, ku kibuga Santiago Bernabeu,biteganyijwe ko iramutse ibonye intsinzi yahita iyobora urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona. Bisa nk’ibyatunguranye kuko byagaragaye ko umutoza Carlo Ancelotti, we na bagenzi be batunguwe n’amakuru yatangajwe ku…

Read More

Manchester United yashwishwurije Napoli yifuzaga kugura Alejandro Garnacho

Ikipe ya Manchester United yakuriye inzira ku murima Napoli yifuzaga kugura umunya-Arijantine Alejandro Garnacho. Iyi kipe yo mu gihugu cy’Ubutaliyani yifuzaga kugura uyu mukinnyi,nyuma yo gutakaza kizigenza Khviha Kvaratskhelia, waguzwe n’ikipe ya Paris Saint Germain, yo mu Bufaransa. Gusa nubwo Napoli yifuje kugura Garnacho, inshuro ya mbere ntiyabahiriye dore ko ubusabe bwabo bwahise buterwa utwatsi…

Read More

Novak Djokovic yakuyeho agahigo kari gafitwe na Roger Federer

Umunyaseribiya Novak Djokovic, yaciye kuri Roger Federer, mu bijyanye n’intsinzi z’umukinnyi ku giti cye ubwo yageraga mu cyiciro cya Gatatu cy’irushanwa rya Australian Open. Djokovic w’imyaka 37, yasunikiwe gukina iyi mikino ubwo yakinaga umukino we wa 430, ndetse aza no kuwitwaramo neza atsinda umutangizi Jaime Faria, 6-1 6-7 (4-7) 6-3 6-2. Iyi ntsinzi niyo yahise…

Read More

“Iyo mbimenya nakabaye naraguze abakinnyi mu mpeshyi” Kwicuza kwa Guardiola guhatse iki ?

Umutoza w’ikipe ya Manchester city, Josep “Pep” Guardiola, yatangaje ko yakoze amakosa ubwo yabuzaga ubuyobozi bw’iyi kipe kugura abakinnyi mu mpeshyi y’umwaka ushize. Ikipe ya Manchester city, iri muzitezweho kurema isoko ry’igura n’igurisha muri uku kwa mbere ahanini bitewe n’umusaruro muke ikomeje kugenda igaragaza muri ibi bihe itorohewe n’ibibazo by’imvune. Icyo wamenya cyo nuko iyi…

Read More

Arsenal vs Tottenham : Ibyo kwitega muri deribi y’umujyi wa London

Umukino uhuza Arsenal na Tottenham Hotspur ni umukino uzwimo ihangana rikomeye cyane dore ko ufatwa nk’ihangana rihuza amakipe ahurira mu mujyi umwe wa London ,umurwa mukuru w’ubwongereza. Ugendeye ku guhangana kuba kuri muri uyu mukino haba mu kibuga mu bakinnyi, ndetse no hanze yacyo mu batoza, biragoranye ko umukino warangira nta makarita menshi atanzwe cyangwa…

Read More

David Moyes yamaze kwemeranya n’ikipe ya Everton FC kongera kuyitoza

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10, David Moyes aherutse kugirana ibiganiro biryoshye n’ubuyobozi bw’ikipe ya Everton ahanini byari byerekeye igaruka ry’uyu mugabo maze akaba yakongera gutoza iyi kipe yahozemo. Ku bwumvikane bw’impande zombi byemejwe ko umutoza David Moyes azatoza iyi kipe ndetse akaba yasinye amasezerano azamara imyaka ibiri n’igice. Nubwo Moyes, yari umushomeri guhera…

Read More