DailyBox

RIB yanyomoje uwayishinjaga ibirimo kumurenganya no kumuhohotera

Mu kanya gashize ,Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB] rumaze kunyomoza ibyo uwiyise Imanirakomeye kuri X yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze asaba Nyakubahwa Perezida wa Repubulika kurenganura abantu abeshya ko barenganyijwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha. Uyu witwa Imanirakomeye kuri rubuga rwa X yahoze ari Tweeter  yari yanditse ubutumwa bumvikanamo igisa nko gutabaza ku karengane kakorewe abantu barenga 150…

Read More

Perezida Kagame yijeje abanyarwanda umutekano usesuye muri 2025

Perezida wa Repubulika Kagame yifurije abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda umwaka muka mushya muhire ndete anizeza abanyarwanda bose ko umutekano n’ubusugire bw’igihugu bizarindwa ku cyiguzi n’inzira byose bizasaba . Ibi Perezida Kagame yabivugiye mu butumwa  busoza umwaka wa 2024 buninjiza Abanyarwanda mu mwaka mushya wa 2025, aho yanagarutse ku bikorwa byaranze Igihugu muri uyu mwaka ushize….

Read More

USA : Imfungwa ya mbere yari ifungiwe muri gereza ya Guantanamo yasubijwe mu gihugu cyayo

Minisiteri y’ingabo y’Amerika yatangaje ko  umugabo witwa Ridah Bin Saleh al-Yazidi wari ufungiwe muri gereza ya Guantanamo  yasubijwe mu gihugu cye . Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yatangaje ko Bwana Yazidi yari umwe mu bari barafunzwe mbere muri Mutarama 2002. Nk’uko ikinyamakuru New York Times kibitangaza ngo  Yazidi ntabwo yigeze aregwa icyaha na kimwe ndetse…

Read More

Uburusiya bwagabye ibitero bikomeye bya Drone mu kirere cya Ukraine

Igihugu cy’uburusiya cyagabye igitero gikomeye cyo mu kirere ku gihugu cya Ukraine cyibasira umurwa mukuru, Kyiv, n’utundi turere ndetse cyinangiza bikomeye misile na drone bya Ukraine. Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zavuze ko zahanuye nibura misile esheshatu muri 21 zari zoherejwe n’Uburusiya mu ijoro rimwe.  Ku wa kabiri , Ubuyobozi bw’ingabo zirwanira mu kirere…

Read More

Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa DRC yatangaje ko iki gihugu cyigeze ahaga

Mu ijoro ryabanjirije umwaka mushya wa 2025, utavugarumwe n’ubutegetsi bwa DRC witwa Moïse Katumbi yohereje ubutumwa bukomeye ndetse busa nk’impuruza ku Banyekongo. Uyu muherwe akaba n’utavuga rumwe na leta yabasabye abaturage gukomeza kwigirira icyizere, nubwo ingorane  zikomeye zirimo n’izishamikiye ku miyoborere idahwitse zugarije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu butumwa bwe, Moïse Katumbi ntabwo…

Read More

Kenya : Polisi yifashije ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abigaragambya

Igipolisi cyo mu murwa mukuru wa Kenya Nairobi cyabyutse cyimisha ibyuka biryana mu maso hirya ho hino muri uyu mujyi kugira ngo batatanye abigaragambyaga bamagana inkubiri yadutse yo gushimuta by’amaherere abatavuga rumwe  n’ubutegetsi buriho . Guhera ku munsi wo ku wa mbere, amatsinda amwe y’abasore bigaragambyaga bakoze urugendo mu mujyi wa Nairobi, mu gihe amatsinda…

Read More

Fine FM yabonye abanyamakuru bashya bagomba gusimbura abarimo Sam Karenz, Kazungu na Ricard basezeye

Abanyamakuru bakomeye muri ruhago nyarwanda Mihigo Saddam na Niyibizi Aimé bamaze kwerekeza kuri Fine FM Rwanda mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire rw’imikino. Hashize iminsi mike bamwe mu banyamakuru b’ingenzi muri iki kiganiro basezeye kuri iyi Radio abo ni Sam Karenzi wari na Station Manager ndetse n’umuyobozi w’asiporo kuri iyi Radio, Kazungu Claver wari umaze iminsi mike…

Read More