DailyBox

Mozambique: Imyigaragambyo ikomeye y’abatavugwa rumwe n’ubutegetsi

Ku wa mbere, Inteko ishinga amategeko nshya ya Mozambique yarahiriye i Maputo mu mutekano mucye, kubera ko imyigaragambyo iyobowe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’imyigaragambyo rusange yari iri kuba Umuhango wabereye mu Nteko ishinga amategeko aho  abadepite basaga  250 barahiye, ariko imyanya igera kuri 30 yagumyeho ubusa. Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Venancio Mondlane, ukomeje guhakana ibyavuye…

Read More

Dore ibikubiye mu kiganiro cya telephone cyabaye hagati ya Perezida Biden na Netanyahu

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden uri mu cyumweru cye cya nyuma  ku butegetsi  na Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, bavuganye kuri telefoni  ku bijyanye ni ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo guhagarika imirwano no kurekura ingwate muri Gaza. Byifashishije urukuta rwayo rwa X ,Ibiro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za…

Read More

Igisirikare cya Nigeria cyishe abantu 16 nyuma yo kubitiranya n’amabandi

Abasivili 16 bo muri leta ya Zamfara y’amajyaruguru y’iburengerazuba bwa Nijeriya baguye mu gitero cy’indege z’igisirikare cy’iki gihugu  ,ubwo bakeka ko aka gace kaba ari  indiri y’agatsiko k’abagizi ba nabi gusa bakaza gusanga bibeshye . Ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP dukesha iyi nkuru byavuze ko ubwo  abaturage basubiraga mu midugudu yabo nyuma yo kwirukana amabandi  nkuko…

Read More

Niger : umugore ukomoka muri Austria yashimuswe n’abataramenyekana

Umugore ukomoka mu gihugu cya Otirishe yashimutiwe muri Niger n’abantu batazwi , ndetse ni no ku nshuro ya mbere umuturage Ukomoka ku mugabane w’uburayi ashimutirwa muri iki gihugu kuva ubutegetsi bw’igisirikare bwajyaho mu mwaka wa 2023. Ku cyumweru, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga  ya Otirishe yemeje ko ambasade yayo muri Alijeriya, ari na yo ireberera abaturage b’iki…

Read More

FARDC yatangaje ko ikomeje kwigarurira uduce twinshi twagenzurwaga na M23

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo  cyatangaje ko cyongeye kugenzura imidugudu myinshi yari yarigaruriwe n’inyeshyamba za  M23 mu mezi ashize . Ibi nibyo umuvugizi w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) witwa Jenerali Sylvain Ekenge yatangarije muri videwo yageneye itangazamakuru kuri iki cyumweru, tariki ya 12 Mutarama. Aho yagize ati: “Ingabo za M23…

Read More

Lubero: Umubare w’abimurwa mu byabo n’intambara ya M23 na FARDC ukomeje gutumbagira

Ku cyumweru tariki ya 12 Mutarama, sosiyete sivile yatangaje ko hakomeje kwiyongera umubare w’abimuwe mu byabo  n’intambara ihanganishijemo M23 na FARDC  kuva ku wa gatatu ushize mu turere tw’imirwano duturanye na Kitsombiro mu gace ka Lubero mu ntara   ya Kivu ya ruguru  . Aba bantu bimuwe baturutse mu majyepfo ya Lubero, cyane cyane baturutse muri…

Read More

Perezida Kagame yakiriye intumwa yihariye ikubutse muri Ethiopia

Ku Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida w’agace ka Oromia muri Ethiopia, witwa Shimelis Abdisa, mu Biro bye muri Village Urugwiro. Iki ni igikorwa cyabaye mu rwego rw’ibiganiro bigamije guteza imbere umubano hagati y’u Rwanda na Ethiopia. Shimelis Abdisa yari kumwe n’itsinda rimuherekeje, ndetse na Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Maj…

Read More