DailyBox

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 13 /Nyakanga,hasojwe inama ya Berlin mu Budage yarangiye hasinywe amasezerano yo kwigabanya ibihugu bitandukanye ku isi [Berlin Conference naho Claude Antoine Capon de Château-Thierry abona izuba

Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 06 Kamena 2023. 2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho amavugururwa y’ingenzi ateganyijwe mu rwego rw’ubuzima. 3. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: •…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :igikombe cy’isi cyabaye ku nshuro yacyo ya mbere naho Ariel Silvio Zárate abona izuba

Ku ya 13 Nyakanga 1930, Ubufaransa bwatsinze Mexico ibitego 4-1 naho Amerika itsinze Ububiligi ibitego 3-0 mu mikino ya mbere y’igikombe cyisi, yakinnye icyarimwe i Montevideo, muri Uruguay. Umukino w’Ubufaransa na Mexico wakinwe kuri Estadio Pocitos imbere y’imbaga y’abantu bagera ku 3.000, mu gihe abantu bagera ku 15,000 bareba Amerika n’Ububiligi kuri Estadio Parque Central….

Read More

BREAKING NEWS : Umuyobozi wa Polisi ya Kenya Japheth Koome yeguye ku nshingano ze ;umwungiriza we ahita amusimbura

Umuyobozi wa Polisi ya Kenya, Japheth Koome, yeguye ku nshingano ze ahita asimburwa by’agateganyo na Douglas Kanja wari Umwungirije. Koome yeguye kuri uyu wa Gatanu nyuma y’uko Polisi ya Kenya yanenzwe uko yitwaye mu guhosha imyigaragambyo y’abaturage ,Umugenzuzi mukuru wa Polisi Japhet Koome yeguye naho Umuyobozi wungirije akaba n’umugenzuzi mukuru w’igipolisi cya Kenya Douglas Kanja…

Read More

Harabura Iminsi 3 ngo amatora abe: Uko umunsi wa 20 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Kicukiro i Gikondo. Uyu mukandida Kandi…

Read More

NIGER : imfungwa zitaramenyekana umubare zatorotse gereza yafungirwagamo inyeshyamba

Leta ya Niger yatangaje ko Ku wa kane imfungwa z’abajihadisite zitaramenyekana umubare zatorotse gereza iherereye mu burengerezuba bwa Niger . Abayobozi bo muri Nijeriya batangaje ko yuko imfungwa nyinshi zatorotse gereza ikomeye cyane izwiho gufata ikanafunga abajihadiste mu karere ka Tillaberi .Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko ibi byabaye ku wa kane muri gereza ya Koutoukale…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 12/Nyakanga,Hezbollah, Umutwe wa Politiki witwara gisirikare wagabye igitero cyiswe Operation True Promise, ku gihugu cya Israel naho Lionel Jospin abona izuba

Uyu munsi kuwa gatanu,Taliki ya cumi n’ebyiri/Nyakanga ni umunsi w’i 193mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 173 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe binini binini mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1580: Hashyizwe ku mugaragaro igitabo cyiswe Ostrog Bible, imwe muri bibiliya zashyizwe ahagaragara bwa mbere, iyi…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Zinedine Zidane yafashije ubufaransa kwegukana igikombe cy’isi naho James Rodríguez na Vinícius Júnior babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1817 Karl Drais von Sauerbronn yegukanye isiganwa rya magare rya shampiyona y’isi muri uyu mukino 1928 Umukino wa tennis wa 1 werekanwe kuri tereviziyo mu mateka. 1934 Willy de Supervise yaciye agahigo mu mukino wo koga ku isi muri metero 400 akoresheje igihe cyingana…

Read More

KENYA : Perezida William Ruto yazingishije abaminisitiri bose utwabo!

kuri uyu wa Kane, Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yirukanye abaminisitiri bose bari bagize Guverinoma y’iki gihugu, asigaza umwe rukumbi. Perezida wa Kenya uri munsi y’umuriro, William Ruto, yirukanye ako kanya abaminisitiri be bose n’umushinjacyaha mukuru, nyuma y’imyigaragambyo iherutse guhitana abantu yaturutse ku umushinga w’imisoro utarishimiwe na Banyakenya. Perezida yavuze ko iki cyemezo cyaje…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Espagne yatsinze ubuholandi itwara igikombe cyisi cya FIFA 2010 naho Éric Abidal abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1900 Charlotte Cooper yatsinze Hélène Prévost aba shampiyo wa 1 wa tennis mu bagore mu mikino Olempike ndetse na shampiyo wa 1 w’umubagore mu mikino ya Olempike muri siporo iyari yoyose. 1982 Umukino wanyuma wigikombe cy’isi cya FIFA, kuri sitade Santiago Bernabéu, i Madrid muri Espagne: Ubutaliyani bwatsinze…

Read More