DailyBox

Walikale : Abataramenyekana umubare bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 30 Werurwe 2025 ,muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu gace ka Walikale haramutse imirwano ikomeye yahuje ingabo z’umutwe wa AFC /M23 ndetse n’inyeshyamba za Wazalendo . Amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko iyi mirwano ahanini yaturutse ku bushotoranyi bw’igitero M23 yagabweho na Wazalendo mu gace gaherereyemo…

Read More

Dore iby’ingenzi byavugiwe mu biganiro byahuje perezida Tshisekedi na Joao Lourenco wa Angola

Ku wa gatatu, tariki ya 26 Werurwe, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yabonanye na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, i Luanda. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola, Téte António, ngo abakuru b’ibihugu byombi bemeye “gukomeza ibiganiro n’inama buri gihe,” nubwo Angola yavuye ku nshingano zo kuba umuhuza mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC….

Read More

USA yaragagaje ko umudepite wayo uherutse mu Rwanda na DRC atari intumwa idasanzwe ya Perezida Trump

Ambasade ya Leta zunze ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yasobanuye ku wa kabiri ko umudepite mu nteko inshinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za Amerika witwa Ronny Jackson uherutse gusura u Rwanda atigeze agirwa intumwa idasanzwe y’iki gihugu . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku mugorabo wo ku munsi wejo, iyi ambasade…

Read More

Dr . Bizimana yasabye urubyiruko kudaterwa ubwoba n’ibitero by’abazungu

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yabwiye urubyiruko kudaterwa ubwoba n’abazungu bakomeje kugaba ibitero ku bihugu bya Afurika. Ibi Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu yabitangarije ubwo, yarimo kuganiriza abitabiriye ibiganiro biswe  Rubyiruko Menya Amateka Yawe bateraniye mu ishuri rya Lycée de Kigali . Aho yagize ati : “Abazungu batugabaho ibitero, ntabwo bashaka…

Read More

Inyeshyamba za RED Tabara zahakanye ibyo Perezida Ndayishimiye azishinja byo gufashwa n’u Rwanda

Umutwe w’inyeshyamba zo mu Burundi wa RED-Tabara wamaganye ibirego Perezida Évariste Ndayishimiye avuga ko uhabwa inkunga na leta y’u  Rwanda,ahubwo ushimangira ko urugamba rwabo rushyigikiwe gusa n’abaturage b’Abarundi bumva ko rufite ishingiro . Ibi bije bikurikira amagambo yatangajwe na Perezida w’u Burundi ku munsi wejo ku ya 25 Werurwe  ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru…

Read More

Amavubi ya Adel Amrouche ntakozwa ibyo kubona atatu imbumbe !

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ imaze kunganya n’ingona za Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wo mu Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu 2026 giteganijwe kuzabera muri bihugu bitatu birimo USA , Canada na Mexico. Mbere y’uyu mukino , abari muri sitade bagiye bihera ijisho ibirori bitandukanye birimo gususurutswa na Gateka Esther…

Read More

Umutekano w’u Rwanda ntago ugomba kwirengagizwa mu gihe hakemurwa ibibazo by’umutekano bya DRC : Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko ibibazo by’umutekano w’u Rwanda bigomba nabyo bigomba kurebwaho  mu gihe hashakirwa umuti ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ibi yabivugiye mu nama ihuriweho n’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC) yateranye ku wa mbere, tariki ya 24 Werurwe, kugira ngo bakemure ikibazo…

Read More