daily

Aimable Karasira yasabye urukiko ko umutungo we wafatiriwe warekurwa akishakira umwunganizi

Karasira Aimable uyu munsi yabwiye urukiko ko agomba kuburana yunganiwe kandi adashaka umwunganira ahawe n’urugaga rw’abunganira abandi mu mategeko batangwa ku muntu utifashije, avuga ko we afite imitungo ihagije yamufasha kubona abamwunganira mu rubanza gusa yafatiriwe, asaba ko irekurwa. Karasira umuhanzi akaba n’uwahoze ari umwalimu wa Kaminuza y’u Rwanda yamenyekanye cyane mu biganiro yanyuzaga kuri…

Read More

Esipanye na senegal basinyinye amasezerano aha amahirwe y’Akazi k’abanyasenegal byoroshye

Minisitiri w’intebe wa Esipanye, Pedro Sánchez, yabonanye na perezida wa Senegali, Bassirou Diomaye Diakhar Faye, mu rugendo ruzamugeza mu bihugu bitatu byo muri Afurika y’iburengerazuba, hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’abimukira barenga ku mategeko, bajya mu birwa bya Canaries bya Esipanye. Abo bayobozi bombi bashyize umukono ku masezerano yo guteza imbere amahirwe y’akazi k’igihe gito muri…

Read More

APR FC yatsinze Marine FC mu mikino wa gicuti

APR FC yatsinze Marine FC ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31/8/2024 i Shyorongi. Ni umukino wa gicuti wakinwe mu gihe iy’amarushanwa yabaye ihagaze kubera amajonjora yo guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika (CAN) aho Amavubi agomba guhatana na Libya na Nigeria. Ibitego…

Read More

NIgeria yamaze kwakira inkunga y’urukingo rw’ubushita bw’inkende yahawe na USAID

Nijeriya yakiriye doze 10,000 z’urukingo rw’ubushita bw’inkende yahawe n’ikigo cy’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID. Iki ni icyiciro cya mbere cy’inkingo zageze mu gihugu, kuva Nijeriya yemeje ko abantu 40 banduye iyi ndwara kandi kugeza ubu, ntawe yishe. Nijeriya yafashe icyemezo cyo gushyira umwihariko kuri Leta eshanu mu gutanga izo nkingo. Izo Leta zirimo iya Bayelsa,…

Read More

Umuryango utegamiye kuri Leta CIDDHOPE urasabira ibihano M23 kubera kutubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa kabiri tariki ya 27 Kanama, Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, amahoro n’ibidukikije (CIDDHOPE), urasaba ko ibihano M23 byafatirwa ibihano kubera kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano hashize iminsi. Uyu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu ufite icyicaro i Butembo mu majyaruguru ya Kivu ushinja M23 kuba iherutse…

Read More

Uganda Irashimira Ubufatanye Ifitanye Na Kongo Bwo Kurwanya Umutwe wa ADF

Hashize hafi imyaka itatu ingabo z’igihugu cya Uganda zifatanije n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Kongo zitangije ibikorwa bya gisirikare bihuriweho wiswe ‘Operation Shujaa.’ Ni umugambi wari ugamije gusenya umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda ukorera mu burasirazuba bwa Kongo. Igisirikare cya Uganda kivuga ko imfungwa zirenga 100 zabohojwe kuva iyo gahunda itangiye. Umuvugizi w’igisirikare…

Read More

Nord-Kivu: abasirikare 8 ba FARDC bakatiwe urwo gupfa

abasirikare umunani ba FARDC bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rwa gisirikare rwa Goma i Munigi mu gace ka Nyiragongo muri Kivu y’Amajyaruguru. Nyuma y’urubanza rweruye ku mugaragaro ku wa gatandatu ushize i Munigi, aba basirikare umunani bahamwe n’icyaha cyo kwambura abantu, kwica abaturage gushyigikira ubujura no gukwirakwiza amasasu. Mu bakatiwe harimo : Bagejejwe mu…

Read More

Leta ya Iran igiye gushyiraho ingamba zikarishye ku mikoreshereze ya interineti muri iki gihugu

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani, Ayatollah Ali Khamenei, kuri uyu wa kabiri yasabye guverinema nshya y’icyo gihugu kiyobowe mu buryo bwa kiyisilamu, gushyiraho ingamba zihamye zo kugabanya imikoreshereze ya interineti. Avugana na guverinema shya yashyizweho na perezida Masoud Pezeshkian, Ayatollah Ali Khamenei yavuze ko hagomba kuba uburyo bwo kubahiriza amategeko n’ahatagaragarira amaso nko kuri interineti. Yasabye…

Read More

Tariki 27 /Kanama mu mateka : Hamad ben Khalifa Al Thani yabaye Umuyobozi wa Qatar [ byinshi kuri uyu munsi]

Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza abatagatifu Malrub na Monique. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1828: Uruguay yatangaje intangiriro y’ubwigenge bwayo, hari mu biganiro by’amahoro byari biyobowe n’Abongereza hagamijwe guhuza Brésil na Argentine mu ntambara bari bamazemo iminsi. 1896: Habaye intambara yamaze igihe gito hagati y’Ingabo z’u Bwongereza n’iza Zanzibar. Iyi ntambara yamaze igihe kigera ku…

Read More