daily

Kigali :Abamotari bibukijwe uruhare rwabo mu gusigasira umutekano wo mu muhanda

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Werurwe, Polisi y’u Rwanda, Urwego rw’Igihugu ngenzura mikorere(RURA) n’abandi bafatanyabikorwa, bagiranye inama n’abatwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali. Ni inama yabereye kuri sitade ya Kigali yitiriwe Pele mu Karere ka Nyarugenge, yitabiriwe n’abasaga 6000 bibumbiye muri Koperative ‘Umurimo unoze motari’ ihuza abatwara moto bakorera mu Mujyi…

Read More

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba RIB

Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Col Pacifique Kayigamba Kabanda wagizwe Umunyamanaganga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) wasimbuye Col (Rtd) Ruhunga Jeannot wari umaze imyaka irindwi kuri izi nshingano. Col Pacifique Kayigamba Kabanda asimbuye Col Rtd Ruhunga Kibezi Jeannot yari umaze kuri uwo mwanya imyaka irindwi. Muri Gicurasi Umwaka ushizwe nibwo Perezida wa Repubulika ,…

Read More

Arsenal y’abagore yabimburiye iy’abagabo ikuramo Real Madrid muri Champions league

Mu ijoro rya cyeye ikipe ya Arsenal mu bagore yakuyemo iya Real Madrid muri kimwe cya Kane cy’imikino ya UEFA Women’s Champions League 2024-2025, ni mu gihe dutegereje umukino w’ishiraniro mu bagabo n’ubundi uzahuza Aya makipe yombi. Ikipe ya Arsenal yakuyemo Real Madrid mu buryo bw’igitangaza kuko umukino ubanza wabereye Estadio Alfredo Di Stefano (Ikibuga…

Read More

Umutoza wa APR FC wari warigiriye iwabo mu biruhuko yagarutse i Kigali

Umutozo w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu Umunya-Serbia Darko Nović yamaze gusesekara hano mu Rwanda nyuma y’ibiruhuko yari yaragiyemo iwabo muri iki gihe ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakinaga imikino yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026 cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Iyi kipe, umutoza mukuru wayo nubwo yari yaragiye yakoraga imyitozo ,…

Read More

Umutoza wa Barcelona yatangaje abakinnyi babiri b’ingenzi atazaba afite ku mukino w’ejo w’ikirarane afitanye na Osasuna

Umutoza w’ikipe ya Barcelona Umudage Hansi Flick yatangaje ko abakinnyi be babiri Ronald Araújo na Raphael Dias Belloli uzwi nka “Raphinha” batazagaragara mu mukino bafitanye na Osasuna ukaba uw’ikirarane uteganyijwe ku munsi w’ejo wa tariki 26 Werurwe 2025. Aba bakinnyi bombi bari mu rutonde rurerure rw’abakinnyi bari baragiye mu makipe y’ibihugu byabo, Ronald Araújo yakinnye…

Read More

Huye: umugabo wishe umugore we babanaga yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Umugabo w’imyaka 44 wishe umugore babanaga amutemesheje umuhoro rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Uwari ukurikiranyweho icyaha, mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Mutarama 2025, ari iwe mu rugo mu mudugudu wa Gisagara, akagari ka Shyembe, umurenge wa Maraba,…

Read More

Nyarugenge : Umugore yemereye ubushinjacyaha ko yakubise umugabo kugeza amwishe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Werurwe 2025  , ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we bikamuviramo urupfu.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwemeje ko bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye…

Read More

Umuhanzi Muchoma Muchomani ukomoka muri DRC yemeje ko afite inzozi zo guhura na Perezida Kagame

Umuhanzi Nizeyimana Didier wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Muchoma Muchomani, Young Billionaire, Kabwera, n’andi mazina menshi, yatangaje ko afite inzozi zo guhura na Perezida Kagame ndetse ko nibahura azahita amusaba kumuha ubwenegihugu bw’u Rwanda . "Biri mu nzozi zanjye. Umunsi nzahura na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ni cyo kintu nanjye nkeneye, kumusaba Ubwenegihugu bw'u Rwanda."…

Read More

France : Hakomeje kwamaganwa igitaramo cy’umukongomani kizaba ku itariki yo gutangira icyunamo

Umuyobozi w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, Anne Hidalgo, yagaragaje ko adashyigikiye igitaramo cy’Umunyekongo, Maître Gims, giteganyijwe ku wa 7 Mata 2025, itariki u Rwanda ruzatangiriraho Icyunamo cy’iminsi 7 n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni igitaramo uyu Munyekongo yemeje  ko ngo kigamije gushyigikira abana bagizweho ingaruka n’intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Congo….

Read More

Bobi Wine yasubije icyifuzo cya General Muhozi cyo guhura mu murwano w’iteramakofe

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, akaba n’icyamamare mu muziki wa Robert Robert Kyagulanyi Ssentamu,  yasubije ubusabe General Muhozi yari yamusabye mu butumwa aherutse gutambutsa kurukuta rwe rwa X yahoze yitwa tweeter. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa tweeter, uyu Robert Kyagulanyi Ssentamu Uzi nka Bobi wine, yagaragaje ubutumwa General Muhozi…

Read More