HomePolitics

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo

\"\"

Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024  aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga.

iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho , gusangira ubukungu ndetse n\’ubufatanye burambye.Muri iyi nama abakuru bibihugu na abafite ubukungu munshingano nibwo bazaganira ku iterambere ry\’inganda, kongera ibiryo n\’umutekano w\’ubucukuzi bw\’amabuye y\’agaciro muguteza imbere  Korea na Afurika muri rusange.

President Kagame has arrived in Seoul, South Korea where he will join other leaders at the first Korea-Africa Summit. pic.twitter.com/XYBDpwn4kh

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 2, 2024

Korea y\’epfo n\’u Rwanda bifinye umubano  wihariye ushingiye kuri politike , ubutwererane na dipolomasi mu rwego rwo guteza imbere abaturage babyo.U Rwanda na Korea y\’epfo umubano wabyo watangiye ahasaga 1963 aho bafatanyiriza hamwe  muguteza imbere ikoranabuhanga, ubuvuzi , ubuhinzi n\’uburezi.

\"\"
Perezida kagame ageze i muri Koreya yepfo.
\"\"

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *