Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo
Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024Â aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga.
iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho , gusangira ubukungu ndetse n\’ubufatanye burambye.Muri iyi nama abakuru bibihugu na abafite ubukungu munshingano nibwo bazaganira ku iterambere ry\’inganda, kongera ibiryo n\’umutekano w\’ubucukuzi bw\’amabuye y\’agaciro muguteza imbere Korea na Afurika muri rusange.
President Kagame has arrived in Seoul, South Korea where he will join other leaders at the first Korea-Africa Summit. pic.twitter.com/XYBDpwn4kh
— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 2, 2024
Korea y\’epfo n\’u Rwanda bifinye umubano wihariye ushingiye kuri politike , ubutwererane na dipolomasi mu rwego rwo guteza imbere abaturage babyo.U Rwanda na Korea y\’epfo umubano wabyo watangiye ahasaga 1963 aho bafatanyiriza hamwe muguteza imbere ikoranabuhanga, ubuvuzi , ubuhinzi n\’uburezi.