Turi kwitegura kuzongera kugaragaza impungenge zacu muri DRC : Yolande Makolo
Kuri uyu wa gatatu , tariki ya 5 / Gashyantare /2025, Yolande Makolo usanzwe ari umuvugizi wa leta y’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rwiteguye neza kuzasangiza abazaba bitabiriye inama y’abanyamuryango wa EAC na SADC ndetse ko biteguye kuzagaragarizamo ibyo batasoboye gutangaza byazana amahoro haba kuri bo ndetse no mu baturanyi . Mu kiganiro na…