Miss Kalimpinya  yasubitse irushanwa ryo gusiganwa ku mamodoka yagomba kwitabira

Umushoferi wo gusiganwa ku ma modoka  wo mu Rwanda witwa  Kalimpinya Queen  yatangaje ko atazagaragara mu irushanwa rya Champions Sprint rizabera  muriUganda ku ya 26 Ukuboza, bitewe n’impamvu yise  iz’ubuzima. Kalimpinya yatangaje icyemezo cyatunguye imbaga  mu itangazo yashyize ahagaragara ku abicishije ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa Instagram ku ya 24 Ukuboza. Uyu mushoferi…

Read More