Miss Kalimpinya yasubitse irushanwa ryo gusiganwa ku mamodoka yagomba kwitabira
Umushoferi wo gusiganwa ku ma modoka wo mu Rwanda witwa Kalimpinya Queen yatangaje ko atazagaragara mu irushanwa rya Champions Sprint rizabera muriUganda ku ya 26 Ukuboza, bitewe n’impamvu yise iz’ubuzima. Kalimpinya yatangaje icyemezo cyatunguye imbaga mu itangazo yashyize ahagaragara ku abicishije ku rukuta rwe rwo ku rubuga rwa Instagram ku ya 24 Ukuboza. Uyu mushoferi…