Chelsea ntiri gucogora kuri Ajandro Garnacho nubwo Man United iri guhenda

Manchester United yabwiye Chelsea ko yifuza miliyoni £50 ku Munya-Argentine Alejandro Garnacho niba bashaka ko ava kuri Old Trafford akerekeza ku kiraro. Chelsea yizeye ko uyu musore ufite amamuko muri Espagne gusa agakina ikipe y’igihugu ya Argentine, atagikenewe na Ruben Amorim, Kandi bizeyeko Garnancho ashaka kwerekeza muri Chelsea kurenza andi makipe yose amwifuza harimo na…

Read More

Abafana ba Arsenal batangiye gahunda yo kwamagana ‘VISIT RWANDA’

Abafana b’ikipe ya Arsenal biyita “Gunners For peace” batangije gahunda yo kwamaga amasezerano u Rwanda rufitanye n’ikipe yabo mu mushinga wa VISIT RWANDA basaba ko amasezerano yazaseswa mbera y’uko umwaka w’imikino utaha wa 2025-2026 utangira. U Rwanda rwafashe inzira yo kugira igihugu ahantu h’ubukerarugendo , bituma rushoramo akayabo mu kubaka ibikorwaremezo birimo ibibuga by’indege bigezweho,…

Read More

Nyuma y’imyaka ibiri, ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere

Ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma y’imyaka ibiri yari ishize imanutse mu kiciro cya kabiri. Nyuma yo gutsindwa ku ikipe ya Sheffield united na Burnley ibitego 2 ku busa, byaje bisanga intsinzi y’ibitego 6-0 ikipe ya Leeds united yakoreye kuri Stoke city, byahise bishimangira ko…

Read More

Ni iki twakitega ko kiva mu nama ya EAC na SADC igiye kubera i Harare ?

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Gashyantare i Harare muri Zimbabwe hateganijwe inama ihuriweho ku rwego rw’abaminisitiri b’ibihugu binyamuryango bya SADC na EAC yitezweho kwigirwamo byinshi biganisha ku mahoro arambye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Muri iyi nama hanateganijwe ko hagomba gushakwa uburyo bwo guhuriza hamwe ingamba zavuye muri gahunda y’inzira ya…

Read More

Premier League : Liverpool yasubije neza imbere ya Wolves ikomeza kuyoboza inkoni y’icyuma [ AMAFOTO ]

Ikipe ya Liverpool imaze gusubiza neza itsinda Wolves ibitego bibiri kuri kimwe inashyiramo ikinyuranyo cy’amanota 7 hagati yayo na Arsenal iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde rwa shampiyona . Nyuma y’iminsi ine ivanwe itsinzi mu biganza na James Tarkowski wa Everton ku munota wa 98 , Liverpool yari yakiriye ikipe ya Wolvermpton Wonderers ku…

Read More

Icyizere cya Arsenal cyazamutse nyuma y’igaragara rya Bukayo Saka mu ruhame

Ubu magingo aya ikipe ya Arsenal, irabarizwa muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. (UAE), aho yagiye kwimenyereza ikirere gishyushye, ndetse birashoboka cyane ko, ishobora kuzasakirana n’amakuru meza y’igaruka rya rutahizamu Bukayo Saka, ubwo izaba igarutse mu Bwongereza, mpera z’iki cyumweru. Amwe mu makuru yizewe ava mu ikipe ya Arsenal, imbere avuga ko nubwo uyu musore yagaragaye…

Read More

Rodri wavunitse, yongerewe ku rutonde rw’abakina imikino ya UEFA champions league

Nubwo byari biteganyijwe ko azamara hanze y’ikibuga igihe kirekire, bitunguranye Rodri Cascante, ukomoka mu gihugu cya Esipanye,yashyizwe ku rutonde rw’abemerewe gukinira ikipe ya Manchester City, mu majonjora y’imikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo (UEFA champions league). Uyu mukinnyi ukina hagati nk’uwugarira (DM) amaze igihe kinini atagaragara mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye yo mu…

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Manchester united iracyiteguye kugurisha Garnacho na Kobbie Mainoo

1. Ikipe ya Manchester united biravugwa ko kiteguye kujya mu biganiro n’ikipe iyo ariyo yose yakwifuza gusinyisha abarimo rutahizamu wayo w’umunya Argentina witwa Aljandro Garnacho ndetse na Kobbie Maino w’imyaka 19 .[ THE GUARDIAN ] 2.Rutahizamu w’umunya – Brazil witwa Matheus Cunha biravugwa ko agomba kwerekeza mu makipe manini yo mu gihugu cy’Ubwongereza nubwo Wolvermpton…

Read More

Aston Villa yasinyishije myugariro w’ikipe ya Chelsea

Ikipe ya Aston Villa yatangaje ko yasinyishije myugariro w’umufaransa w’imyaka 26 ku ntizanyo imuvanye mu ikipe ya Chelsea akaba agomba kuzayikinira kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino . Ikinyamakuru cyitwa Sky Sports cyatangaje ko ikipe ya Aston Villa igomba kwishyura amafaranga angana na miliyoni 6 z’amapawundi ndetse n’andi mafaranga arengaho azajyendera mu gice cy’imishahara y’uyu…

Read More