USA yasabye M23 n’ u Rwanda kuvana ingabo zabo muri DRC
Umunyamabanga mukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika , Antony J. Blinken, yahamagariye M23 n’u Rwanda guhagarika imirwano no kuva mu birindiro byabo biherereye muri DRC. J. Blinken, yatangaje ibi nyuma y’ikiganiro kuri telefoni ku wa gatanu, tariki ya 27 Ukuboza, yagiranye na Perezida Félix Tshisekedi ku kibazo cy’ibibazo bibera mu burasirazuba bwa DRC, ni…