Gakenke : abana b’impfubyi bubakiwe aho gukinga umusaya n’ishuri bigamo
Ubuyobozi bw’Ishuri rya Father Ramon Kabuga TSS ryo mu Karere ka Kamonyi, bwahaye inzu abana bane basigaye bonyine nyuma yo gupfusha ababyeyi babo bombi. Aba bana, barimo umwe wiga muri iri shuri, basanzwe batuye mu Murenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke. Iyi nzu yabubakiwe iherereye mu Mudugudu wa Rutamba, Akagari ka Rugimbu, muri Santarali…