U Rwanda rwashinje Afurika y’Epfo kwitwaza gufasha DRC kugirango yibonere amabuye y’agaciro

Leta y’u Rwanda yamaganye ubufatanye bwa gisirikare buri hagati y’ingabo z’Afurika y’Epfo ndetse n’ingabo za DRC ndetse inavuga ko Afurika yepfo yitwaje impamvu zo kurinda umutekano muri Kongo kugirango yisahurire umutungo kamere muri DRC. U Rwanda ruvuga ko Afurika y’epfo iri gukoresha igisirikare mu gutanga ubufasha kuri leta ya DRC iyobowe na Felix Tshisekedi bakitwaza…

Read More

Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko ryahagaritse imirwano

Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko kuva ku itariki ya 04 Gashyantare 2025 rihagaritse imirwano kugirango ribanze rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bari mu duce bamaze kwigarurira . M23 yafashe uyu mwanzuro mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo inama idasanzwe igomba guhuriza ku meza y’ibiganiro abarimo Perezida Kagame ndetse…

Read More

DRC yasabye ko hashingirwa ku masezerano ya Addis Ababa hagafatirwa ibihano u Rwanda

Urwego rwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo rushinzwe kugenzura amasezerano ya Addis Ababa rwasabye ko u Rwanda rwafatirwa ibihano bikomeye ku rwego mpuzamahanga nyuma y’igitero ruvuga ko rwagabye mu burasirazuba bwa DRC . Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizweho umukono na Prof . Ntumba Lwamba usanzwe ari umuyobozi w’uru rwego ryashizwe hanze ku wa gatandatu tariki…

Read More

Kasai: Hateguwe imyigarambyo igamije kurwanya ubushotoranyi bw’u Rwanda kuri DRC

Ku mugoroba wo ku munsi wejo abaturage batuye mu gace ka Kasai bakoze imyigaragarambyo ikomeye yari igamije kwerekana uburakari bafite batewe n’icyo bise ubushotoranyi bw’u Rwanda mu burasirazuba bw’iki gihugu rubicishije mu mutwe wa M23 rufasha . Mu rusisiro rwagati rw’ mujyi wa Kasai niho aba bigaragambyaga bahuriye , amakuru dukesha ikinyamakuru Yabiso News avuga…

Read More

Mu minsi 5 gusa y’intambara muri DRC 700 barishwe naho 2800 bakomereka – UN

Raporo y’umuryango w’abibumbye yatangaje ko abantu 700 bapfuye naho abandi basaga 2800 bagakomerekera mu mirwano ikomeye yari ihanganishijemo FARDC n’umutwe wa M23 yabaye hagati yo ku cyumweru , tariki ya 26 Mutarama ndetse ku wa kane tariki ya 30 Mutarama ubwo umutwe wa M23 wigaruriga umujyi wa Goma . Umuvigizi w’umuryango w’abibumbye witwa Stephane Dujarric…

Read More

Perezida Ndayishimiye yatangaje icyo abona cyahagarika intambara muri DRC

Ku munsi wejo perezida w’ u Burundi Ndayishimiye Evariste yahamagariye imiryango mpuzamahanga gushyigikira ingamba zose zashyizweho zigamije gushyira iherezo ku ntambara iri kubera mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo . Ibi yabitangarije mu nama nyunguranabitekerezo yahuje inzego z’ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga yemewe mu Burundi , Agaruka kuri iyi ntambara ishyamiranishije…

Read More