Ngoma : abaturage bakwa umusanzu wa ‘Ejo heza ‘ ku ngufu

Abaturage bo mu Karere ka Ngoma, barinubira icyo bavuga ko ari ihohoterwa nyuma yuko ubuyobozi  bwaho bwacunze bamaze kubona akazi bahawe n’umushoramari, bukabahatira gutanga imisanzu ya wa ‘Ejo Heza’ kandi bavuga ko bafata amafaranga make cyane . Aba baturage bemeza ko  uwabarenganije ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari Ruhinga gaherereye mu Murenge wa Zaza  ngo kuko ngo…

Read More