DRC : abantu bakomeje guhunga ubutitsa nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC
Guhera ku munsi wejo tariki ya 17 / ukuboza / 2024 ,mu mujyi wa Kitsombiro uherereye muri Teretwari ya Lubero ho muri kivu ya Ruguru usigayemo abantu mbarwa nyuma yuko imirwano hagati ya M23 na FARDC ikomeje gufata indi ntera muri kano gace . Impamvu nyamakuru ikomeje gutuma abantu bakomeje kuva mu byabo ubutitsa nuko…