Ni iki twakitega ko kiva mu nama ya EAC na SADC igiye kubera i Harare ?

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28 Gashyantare i Harare muri Zimbabwe hateganijwe inama ihuriweho ku rwego rw’abaminisitiri b’ibihugu binyamuryango bya SADC na EAC yitezweho kwigirwamo byinshi biganisha ku mahoro arambye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Muri iyi nama hanateganijwe ko hagomba gushakwa uburyo bwo guhuriza hamwe ingamba zavuye muri gahunda y’inzira ya…

Read More

DRC: Uwari kapiteni wa les Leopards yasabye PSG gusesa amasezerano ya VISIT Rwanda ifitanye n’u Rwanda

Youssouf Mulumbu wigeze kuba kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye ikipe ya Paris Saint Germain gusesa amasezerano ifitanye na Leta y’u Rwanda ya ‘ VISIT RWANDA ‘ nyuma yuko arushinja kugira uruhare mu kudubanganya umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu . Uyu wakanyujijeho muri ruhago yo hambere atangaje ibi mu…

Read More

DRC:Hatangajwe agace kagiye kwimurirwamo ibigo bya leta byari muri Goma

Kuri iki cyumweru tariki ya 9 Gashyantare 2024 ,Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyaruguru yategetse ko ibiro by’inzego bwite za leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo biherereye muri Goma ko bigomba kwimurwa bikajyanwa mu gace ka Beni mu gihe hategerejwe ko uyu mutwe ubanza gutsinsurwa na FARDC muri kariya gace wamaze kwigarurira. Ibyicaro by’ibigo bya…

Read More

AMAKURU MASHYA : By’amaherere ,Tshisekedi ntiyitabiriye inama ya EAC muri Tanzania

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8 Gashyantare 2025 , Perezida Felix Tshisekedi Tshilombo uyobora Repubulika iharanira Demokarasi yatangaje ko ataza kuboneka mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu binyamuryango wa EAC na SADC iteganijwe kubera mu i Dar es salam ahubwo ko yohereje intumwa igomba kumuhagararira . Bitunguranye , Perezida Felix Tsisekedi yatangaje ko ataza kuboneka…

Read More

M23 yihanangirije leta ya DRC na UN

Ihuriro ry’umutwe wa AFC / M23 ryahamagariye umuryango w’abibumbye hamwe leta ya DRC kureka gukomeza kwirengagiza ukuri kwihishe inyuma y’impfu z’abasivile mu mujyi wa Goma . Imibare ituruka muri raporo y’iri huriro rya M23 yerekana ko abapfiriye muri iyi mirwano bagera kuri 2500 barimo ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ,ingabo z’u Burundi ,abacanshuro…

Read More

Ntago nzigera nkura ingabo zange muri DRC hakiri imirwano : Ramaphosa

Perezida wa Afurika y’Epfo yatangaje ko atazigera akura ingabo z’igihugu cye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu gihe hakirangwamo intambara ndetse n’imyivumbagatanyo ya politiki. Kuri Ramaphosa , avuga ko abasirikare b’igihugu cye bazava muri DRC bitewe n’ingamba zizaba zashyizweho zigamije kugarura amahoro arambye mu Burasiraziba bw’iki gihugu ngo cyangwa igihe hazaba hemejwe agahenge kagomba…

Read More

Ese inama ya EAC yazatuma Tshisekedi yemera kuganira na M23

Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ndetse n’umuryango w’Afurika y’amajyepfo bemeranije ko abakuru b’ibihugu binyamuryango bazjya ku meza y’ibiganiro bakaganira ku bibazo by’umutekano bibarizwa mu burasirazuba bwa DRC. Perezida wa Kenya William Ruto akaba n’umuyobozi w’umuryango w’afurika y’iburasirazuba , yatangaje ko Perezida Kagame na Mugenzi we uyobora DRC Felix Tshisekedi nabo bazitabira iyi nama y’ikubagaho . Mu…

Read More