Nsanzimfura Keddy ufite amasezerano ya Kiyovu Sports ashobora kwerekeza muri AS Kigali
Nsanzimfura Keddy usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina mu kibuga hagati, yatangiye gukora imyitozo mu ikipe ya AS Kigali nyuma yo kubura umwanya wo gukina muri ikipe ya Kiyovu kubera ibihano yafatiwe . Uyu musore utarabashije gukinira Kiyovu Sports, kubera ibihano yafatiwe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [ FIFA], ashobora kuzagaragara mu mwambaro wa…