Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende ntashaka kuza muri APR FC, Marocco yemeye kwishingira Congo Brazzaville yari yanze kuza gukina!

\"\"

Buri mukinnyi wa South Sudan biteganyijwe ko  azahabwa  ???????????? $????????????  n‘ibaramuka batsinze umukino bafitanye na Sudan mumikino yo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 kuri uy’uwakaniri, bakazongerwa n’anone agera , ???????????? $???????????????? kuri buri mukinnyi azatangwa n’umunya poliki ukomeye muri ikigihugu w’itwa Tut Gatulak. ( Micky Jnr)

Mumukino  wahuje ekipe  ya  ???????????????????? ???????????????????????????? na ???????????????????????????? muri shampioyana y’umupira wa maguru mu gihugu cya Nigeria habayeho imirwano byatumye uy’umukino uhagarikwa, mugihe ayamakipe arushanwa amanota abiri yonyine . (Punchnewspaper)

AS FAR iri gukurikirana umutoza w’umufaransa  Julien Chevalier  w’imyaka, 43  nkumusimbura wa Nasreddine Nabi  biteganyijwe ko azasohoka muri iy’ikipe kumpera z’uyu mwaka w’imikino nyuma y’uko AS FAR yanasohoye urutonde rw’Abakinnyi babanyamahanga bagomba gusohoka banarimo umunyarwanda Emmanuel Imanishimwe. ( Micky Jnr)

Ihuriro ry’Amakipe yokumugabane wa Africa  “African Club Association (ACA)” ryashyize ikicaro cyabo mu gihugu cya Kenya, akaba arihuriro ryashyizweho kugirango baharanire iterambere ry’amakipe yo kumugabane wa Africa. ( Micky Jnr)

Al Ahly igiye kongerera amasezerano  Anthony Modeste umufaransa w’imyaka 36 mugihe kingana n’amezi abiri , kuva yagera muri  iy’ikipe  yatwaye ibikombe bitandukanye birimo  Egypt Cup, EgyptianSuper Cup , CAF Champions League. ( Micky Jnr)

Congo Brazzaville kera kabaye yageze muri  Morocco  gukina umukino wogushaka tike y’igikombe cy’isi umunsi wa kane w’iyimikino , gusa biteganyijwe ko ishyirahamwe ry’umupirwa w’amaguru mu gihugu cya Marocco rizishingira ikiguzi kinini cyizagenda kuri  Congo Brazzaville.(Marocco World News)

Amakipe ya Rwanda Revenue Authority mu bagore na REG VC mu bagabo, yegukanye Memorial Rutsindura ya 2024, irushanwa ngarukamwaka ryakinwaga ku nshuro ya 20 hagamijwe kwibuka Rutsindura Alphonse wahoze ari umwarimu mu ishuri rya Petit Séminaire Virgo Fidelis de Butare.(Igihe)

Umunya-Kenya Laban Korir mu bagabo ndetse na mugenzi we Joan Kipyatich mu bagore begukanye irushanwa mpuzamahanga mu gusiganwa ryitiriwe amahoro ’Kigali International Peace Marathon 2024’ ryabaye ku cyumweru tariki 09 Kamena 2024. (Kigali To Day)

Nyuma y’uko Jojea Kwizera ukinira Rhode Island yemeye gukinira Amavubi, ubu na myugariro Phanuel Kavita wa Birmingham Legion FC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na we arifuza gukinira u Rwanda.(Isimbi)

Visi-Perezida wa FERWAFA, akaba n’uwaherekeje Amavubi i Durban muri Afurika y’Epfo, Mugisha Richard yavuze ko biteguye neza, ko n’ubwo ikirere gikonje cyane bitazababuza gukosora amakosa yagaragaye ku mukino wa Bénin. (IMFURAYACU Jean Luc)

Abakinnyi 4 b’abanyarwanda nta gihindutse bazatangira imyitozo muri APR FC ku wa mbere tariki ya 17 Kamena 2024 nyuma yo kumvikana nayo kuyerekezamo barimo Gad MUHAWENAYO, Gilbert BYIRINGIRO ,Ishimwe Jean Rene na  Frodouard MUGIRANEZA.( Umuryango)

Myugariro w’Umunyarwanda ukinira FAR Rabat muri Maroc, Imanishimwe Emmanuel ibyo kuba yagaruka muri APR FC ntabikozwa n\’ubwo iyi kipe yamwegereye, nyuma y’uko atazakomezanya n’ikipe ya FAR Rabat.(Isimbi)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *