Urukiko rwo muri Esipanye rwakatiye Carlo Ancelotti

Umunya-Brazil, Carlo Ancelotti yakatiwe n’urukiko rwo mu gihugu cya Esipanye igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza imisoro. Ancelotti ashinjwa kunyereza imisoro ikomoka k’umafaranga yinjije mu gucuruza izina rye n’amashusho ye(Image right) mu mwaka 2014 ubwo yari umutoza wa Real Madrid. Nubwo yakatiwe igifungo, ntazajyanwa muri gereza kubera ko amategeko ya Esipanye avuga…

Read More

Rayon sports igiye gusinyisha umutoza mushya nyuma ya rutahizamu yibitseho

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gusinyira rutahizamu ukomoka muri Congo Chadrack Bingi Belo yamaze no kumvikana n’umutoza ugomba kungiriza Afhamia Lotfi. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 09 Nyakanga 2025, Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo nibwo yatangaje ko yasinyishije uyu Munya-Repubulika ya Demokarasi ya Congo w’imyaka 20 akaba akina nka rutahizamu. Ni…

Read More

ANALYSIS : Ibihugu bitanu byo kwitega muri CHAN 2024

Menya ibihugu bitanu bigomba guhangwa amaso mu irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN 2024). Uko iminsi ishira niko tugenda dusatira igihe nyacyo cy’itangira ry’irushanwa rya CHAN 2024. Ni irushanwa riba buri myaka ibiri rigategurwa na CAF isanzwe irebera inyungu za ruhago kuri uyu mugabane dutuye, CHAN 2024 biteganyijwe ko igomba gutangira ku italiki…

Read More

Newcastle United yasinyishije Anthony Elanga kuri Miliyoni £55

Ikipe ya Newcastle United yamaze kumvikana n’ikipe ya Nottingham Forest ku igurwa ry’umukinnyi w’umunya-Suwede Anthony Elanga ku kiguzi cya miliyoni £55. Amakuru yizewe yatangajwe na BBC Sport yemeza ko iri gurwa rishobora kurangira mu cyumweru turimo. Elanga, w’imyaka 23, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino wa 2024-2025 aho yatsinze ibitego bitandatu agatanga imipira 11 yavuyemo ibitego,…

Read More

Abakinnyi ba Arsenal batatu bari mu Rwanda

Abakinnyi batatu b’ikipe ya Arsenal y’abagore Katie McCabe, Caitlin Foord ndetse na Laia Codina bageze mu Rwanda aho baje muri gahunda y’umushinga wa ‘VISIT RWANDA ‘ ikipe yabo ifitanye n’u Rwanda. Aba bakinnyi ba Arsenal baje nyuma y’abakiniye Paris Saint Germain bahererutse gusesekara mu Rwanda, Didier Domi ndetse na Jay-Jay Okocha. U Rwanda rufitanye amasezerano…

Read More

Jhon Duran yerekeje muri Fenerbahce

Rutahizamu w’Umunya-Colombia Jhon Duran yamaze kwerekeza muri Fenerbahce yo muri Turikiya ku masezerano y’intizanyo y’umwaka umwe, nyuma y’amezi atandatu gusa avuye muri Aston Villa yerekeza muri Al-Nassr yo muri Saudi Arabia ku giciro cya miliyoni £71. Duran w’imyaka 21 yatsindiye Aston Villa ibitego 12 mu mikino 29 yayikiniye mu mwaka ushize, mbere yo kwerekeza muri…

Read More

DETAILS : Jota na Sala ku rutonde rw’abakinnyi bitabye Imana bagiconga ruhago

Reka dufate umwanya twibuke bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru batuvuyemo bagikina ruhago byemewe n’amategeko . Mu gitondo cyo ku wa Kane taliki ya 3, Nyakanga, nibwo humvikanye inkuru y’inshamugongo, yabikaga urupfu rw’uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Liverpool Diogo Jota (28), witabye Imana ari kumwe n’umuvandimwe we Andre Silva (25), we wari usanzwe akinira ikipe ya…

Read More