Ikipe ya Rayon Sports iri gutegura umukino izacakiranamo n’ikipe iri mu zikomeye muri Tanzania kuri sitade Amahoro

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thaddée yatangaje ko bitegura kuzakira ikipe ya Young Africans kuri sitade Amahoro hitegurwa umwaka utaha w’imikino, igihe uwa 2024-2025 uzaba ushyizweho akadomo. Ibi yabigarutseho aganira na Television y’igihugu, aho yavuze ko bagiranye ibiganiro n’Umuyobozi bw’ikipe ya Young Africans kuzakina umukino wa gicuti uyu mwaka w’imikino urangiye hitegurwa umushya ndetse…

Read More

Dore igisubizo ku banyeshuri batekerwaga imitwe mu gihe bashaka buruse zo mu mahanga

Raporo y’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB] igaragaza ko mu myaka itatu ishize, kuva mu kwezi kwa Nyakanga 2021 kugera mu kwezi kwa Kamena 2024, rwakoze iperereza ku madosiye asaga 52 y’uburiganya ashyikirizwa Ubushinjacyaha, aho abakekwa 63 bakurikiranweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.  Aba RIB yemeza ko bariganyije abagera kuri 111 bababeshya ko bazabashakira amashuri…

Read More

Carlo Ancelotti yagize icyo avuga kubyo kwerekeza mu ikipe y’igihugu ya Brazil

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Carlo Ancelotti yanze ubusabe bwo kuganira n’ishyirahamwe rishinzwe umupira w’amaguru muri Brazil. Nyuma y’intsinzwi ikakaye y’ikipe y’igihugu ya Brazil, ubwo yandagazwaga n’ikipe y’igihugu ya Argentine ku bitego 4 kuri 1. Ibi byahise bitera icyikango mu bakurikiranira hafi iyi kipe, ndetse ibitangazamakuru byinshi byo mu gihugu cya Brazil, bikaba biri kuvuga…

Read More

Umukinnyi w’ingenzi muri Barcelona agiye kumara igihe hanze adakina

Mu mukino ikipe ya Barcelona yatsinzemo Osasuna ibitego bitatu ku busa(3-0) wasize Umunya-Esipanye ukina hagati mu Kibuga no ku ruhande Dani Olmo yagize imvune dore ko yavuyemo n’umukino utarangiye ku wa 28′ asimburwa na Fermin Lopez. Uyu mukino wari uw’ikirarane , aho wari warasubitswe ku bw’urupfu rw’umuganga wa Barcelona. Barcelona yatsindiwe na Ferran Torres ku…

Read More

Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko kwitandukanya n’amacakubiri

Ubwo yaganirizaga urubyiruko rwo mu majyaruguru, Minisitiri w’Urubyiruko Utumatwishima Abdallah yarusabye kwitandukanya n’abafite amacakubiri. Ibi minisitiri w’Urubyiruko yabibwiye urubyiruko mi Kigo cy’Ubutore cya Nkumba ahatangirijwe ibiganiro bise Rubyiruko Menya Amateka Yawe. Yavuze ko hari  ibibazo bikunze kugaragara aho, abaturage bamwe banga mugenzi wabo kubera badakomoka hamwe, abandi bakitandukanya n’abo bakorana mu kazi cyangwa ahandi hatandukanye…

Read More

Canada yashyize iherezo ku mikoranire na Leta zunze Ubumwe z’Amerika

Mu kiganiro n’itangazamakuru, minisitiri w’intebe wa Kanada Mark Carney yavuze ko imikoranire yari imaze igihe hagati ya Leta ya Kanada na Leta zunze Ubumwe z’Amerika ishyizweho mu by’ubukungu, umutekano mu bya gisirikare ushyizweho iherezo. Ati” Umubano twari tumaze igihe dufitanye na Leta z’Unze Ubumwe z’Amerika w’ubufatanye muby’ubukungu, umutekano n’ubufatanye mu bya gisirikare, ushyizweho iherezo. Ibi…

Read More

DRC :FARDC yashinje M23 gutera ibirindiro byayo mu gihe cy’agahenge

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) cyemeje ko umutwe w’inyeshyamba wa M23 urimo ‘gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo. Mu itangazo, umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo Général Major Sylvain Ekenge avuga ko “ibitero biheruka” bya M23 byibasiye ibirindiro bya FARDC i…

Read More

Amb. Nduhungirehe yerekeje mu nama yiga ku mutekano wa DR Congo muri Amerika

Kuri uyu wa 27 Werurwe, Olivier Nduhungirehe minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yerekeje muri leta zunze ubumwe z’Amerika munama ya Loni ivuga ku bibazo by’umutekano biri muri DR Congo. Aka kanama k’umutekano kwisi kagiye guteranira muri lete zunze ubumwe z’Amerika kabuga kibazo biri kuri DR Congo, nyuma yuko umwe mubayobizi mu ishyaka riri kubutegetsi muri…

Read More