Rayon Sports yabonye umutoza mushya wungirije wo kuyifasha

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyiraho Rwaka Claude nk’umutoza mushya wayo wungirije Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” asimbuye Umunya-Tunisia, Quanane Selami. Mu minsi ishize nibwo uyu Munya-Tunisia yasubiye iwabo nyuma yo kutumvikana na Rayon Sports ku bijyanye n’imishahara nk’uko amakuru yabivuze, aho iyi kipe yambara ubururu n’umweru yari imubereyemo imishahara yayishyuza ntiyamuhe ahitamo…

Read More

Kongo irashaka guhangana n’umuhengeri uri mu mazi yogamo kandi itabishobora : Hon. Evode Uwizeyimana

Ubusesenguzi bwa Senateri Evode  Uwizeyimana kumyitwarire ya Congo mu gukemura ibibazo by’umutekano ifite. Ubwo yari ari mu kiganiro kuri televiziyo y’u Rwanda, Senateri Evode Uwizeyimana yavuze ko iyo arebye asanga Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ibyo iri gukora, isa nkaho itazi ikerekezo kiyigeza kubisubizo by’ibibazo bafite. Yagize ati”  Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, iri koga…

Read More

Manchester city yakiriye amakuru ateye nkeke kuri rutahizamu wayo !

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Bournemouth mu mikino ya 1/4 cya (FA cup) rutahizamu w’ikipe ya Manchester city yagaragaye agendera mu mbago nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune y’akagombambari yatumye adasoza uyu mukino. Ni umukino uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Noruveje(Norway) yatsinzemo igitego cya mbere muri 2-1 batsinze iyi kipe. Nyuma yo kugongana na Lewis…

Read More

Utavuga rumwe na Leta y’Ubufaransa agiye gufungwa anamburwe uburengazira bwo kwiyamamaza

Madame Marine Le Pen uzwiho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Ubufaransa yahamijwe ibyaha birimo kunyereza umtungo w’Umuryango w’Ibihugo by’Ubumwe bw’Iburayi, bituma atazabasha kwiyamamaza mu matora ari imbere. Urukiko rw’I Paris rwasomye umwanzuro warwo kuri uyu wa Mbere, rwemeza ko uyu Marine Le Pen, akatirwa imyaka ine irimo ibiri y’igifungo ndetse n’indi ibiri ari hanze acungishwa ikoranabuhanga. Ni…

Read More

U Rwanda na Seychelles byasinye amaserano y’ubufatanye ku rwego rw’amagereza

Kuri uyu wa Mbere taliki 31 Werurwe, komiseri mukuru w’urwego rushinze amagereza mu Rwanda komiseri RCS  CG Evariste Murenzi, yakiriye mugenze we ushinzwe amagereza mugihugu cya  Seychelles, basinyana amasezerano y’ubufatanye mukuzamura imikorere y’urwego rw’amagereza mu bihugu byombi. Umuvugizi w’Urwego rushinzwe Igorora mu Rwanda CSP Thérèse Kubwimana, yabwiye Itangazamakuru ko murwego rwo guteza imbere imikorere y’uru rwego,   Seychelles yegereye u Rwanda kugirango habeho…

Read More

Umutoza Ruben Amorim yatoboye avuga kuri Marcus Rashford yarekuye none akaba ari kwitwara neza

Umutoza w’Umunya-Portigal Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje ko yishimira iteka ko umukinnyi batije muri ekipe runaka yitwara neza gusa ko ntabyinshi yavuga ku mukinnyi utari uwe. Ibi yabigarutseho ubwo yagarukaga kuri rutahizamu Marcus Rashford iyi kipe yatije mu ikipe ya Aston villa mu kwezi kwa mbere mu isoko ry’Igura n’Igurisha ryaho, nyuma yo kutumvika…

Read More

Kigali : Hatangajwe ibyakozwe mu kuzamura musaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yagaragaje ibyakozwe na Guverinoma kugira ngo umusaruro w’inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi wiyongere muri NST1. Ngirente yemeje ko umusaruro w’inganda zikora imyenda n’ibikomoka ku mpu wikubye inshuro eshanu mu myaka irindwi ishize. Aho wavuye kuri miliyari 34Frw mu 2017, ubwo hatangiraga NST1, ugera kuri miliyari 154Frw mu mwaka ushize…

Read More

Nasekejwe n’umuyobozi wa Kongo wavuze ko ibibazo bafite byatewe n’urupfu rwa Habyarimana : Senateri Evode

Senateri Evode Uwizeyimana yatangaje ko yasekejwe n’amagambo y’Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo muri LONI wavuze ko ibibazo by’umutekano muke ukomeje kurangwa muri iki gihugu byatewe n’urupfu rwa Perezida Habyarimana Juvenal wayoboye u Rwanda . Aya magambo senateri Evode yayatangarije mu kiganiro ‘Inkuru Mu makuru’ gitambuka kuri televiziyo y’u Rwanda ahanini cyibanda mu gusesengura…

Read More