Inkuru Yose:Uko umunsi wa Munani wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Ku munsi wa Munani wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024 Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ruhango na…

Read More

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! [inkuru icukumbuye ]

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! Haruna Niyonzima yemeje ko yamaze gutandukana na Rayon Sports, nyuma y’igihe gito yari ayimazemo. amakuru ahari avuga ko hashize iminsi Niyonzima Haruna ahagaritse akazi muri Rayon Sports haba ku gukina imikino yari iteganyijwe n’imyitozo yayo mu bihe bitandukanye biturutse ku kuba atarigeze ahabwa amafaranga yaseseranyijwe. Haruna…

Read More

Ni ayahe makipe amaze gusezererwa mu mikino ya CHAN 2024

Mu bihugu bitatu Uganda Kenya na Tanzaniya hakomeje kubera imikino y’ikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Ni imikino iri kugana ku musozo yayo ku cyiciro cy’amatsinda hinjirwa mu cyiciro cya kimwe cya Kane kirangiza. Kuri ubu hasigaye imikino ine kugira ngo imikino y’amatsinda ishyirweho akadomo. Algeria VS Niger: 18/08/2025 –…

Read More

Amakipe abiri akomeye muri Tanzania ategerejwe i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC biteganyijwe ko zizakina n’amakipe ya Simba SC na Young Africans mbere y’uko umwaka w’imikino utaha 2025-2026 utangira. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Young Africans Ally Kamwe yemeje ko bazakina na Rayon Sports tariki 15 z’u kwezi kwa munani 2025, bikazaba ari umunsi w’igikundiro nk’uko abafana ba Rayon Sports bawita(Rayon…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko Rachid Kalisa yaba yarasezeye umupira w’amaguru

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina hagati mu kibuga Rachid Kalisa yanyomoje amakuru yavugwaga ko yaba yarasezeye ku mupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ahamya ko ayo makuru ntaho ahuriye n’ukuri. Uyu mukinnyi uheruka gukina muri shampiyona y’u Rwanda akinira ikipe ya Rayon Sports ni umwe mu bakinnyi bakinnye bakagera ku gasongero muri ruhago y’u Rwanda ndetse yanyujijemo ajya no hanze…

Read More

Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa DRC yatangaje ko iki gihugu cyigeze ahaga

Mu ijoro ryabanjirije umwaka mushya wa 2025, utavugarumwe n’ubutegetsi bwa DRC witwa Moïse Katumbi yohereje ubutumwa bukomeye ndetse busa nk’impuruza ku Banyekongo. Uyu muherwe akaba n’utavuga rumwe na leta yabasabye abaturage gukomeza kwigirira icyizere, nubwo ingorane  zikomeye zirimo n’izishamikiye ku miyoborere idahwitse zugarije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu butumwa bwe, Moïse Katumbi ntabwo…

Read More

Minisitiri Biruta yagiranye inama n’abayobozi ba Polisi y’u Rwanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kanama, Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Dr. Vincent Biruta yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku cyicaro gikuru ku Kacyiru. Yakiriwe  n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) CG Felix Namuhoranye, ashima intambwe Polisi imaze gutera mu gukora kinyamwuga n’uruhare igira mu gushyigikira…

Read More

USA : Donald Trump Yashyizeho Komite Izategura ihererekanyabutegetsi narumuka atsinze amatora

Donald Trump umukandida w’ishyaka ry’Abarepubulikani yashyizeho Komite yo kuzategura ihererekanyabutegetsi aramutse atsinze amatora Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika . mwene iyi Komite iteganyijwe mw’itegeko ryo mu 1963 ryitwa “Presidential Transition Act” n’uko ryavuguruwe mu 2022. Rivuga ko umukuru w’igihugu umaze gutorwa ashyiraho amatsinda y’abantu bajya muri minisiteri n’ibigo bya leta kumutegurira uko azahita atangira gutegeka akimara…

Read More

Inzego z’umutekano za Congo zemeje ko zitakwizeza umutekano abazitabira umukino wa TP-Mazembe

Kuri iki Cyumweru tariki 23 Gashyantare 2025, mu mukino uzahuza ikipe ya TP Mazembe na FC St. Eloi Lupopo hafashwe umwanzuro wo kuzakinwa nta bafana ku bwo kutizera umutekano w’abawuzaho. Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamaze iminsi akavuyo katewe na makimbirane yafashe indi ntera mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho M23 yigaruriye Kivu…

Read More

OMS yatanze ihumure ku bwoba bwari buhari bwo guhagarika ubuhahirane mpuzamahanga n ‘u Rwanda kubera Marburg

Ishami ry’umuryango w’abibumye ryita ku ubuzima OMS ryatangaje ko abantu badakwiye kugira ubwoba bwo guhahirana n’u Rwanda cyangwa kwirinda ingendo zihagana n’iz’ubucuruzi n’u Rwanda mu rwego rwo kwirinda kwandura indwara ya virusi ya Marburg (MVD) kuko ngo iki cyorezo kidashobora kugikwirakwiza hanze y’Igihugu bijyana n’ingamba zashyizweho. Aya makuru kandi yemejwe n’umunya -Porutigale uyobora ishami ry’umuryango…

Read More