Abarenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’ibiza mu Rwanda

Ku munsi wejo tariki ya 2 Mata Inteko Nshinga Mategeko umutwe wa Sena yakiriye Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Gen. (Rtd) Murasira Albert, avuga ko mu minsi iri imbere abantu barenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’amazi. Senateri Evode Uwizeyimana yatanze urugero rwo mu karere ka Rulindo, hakunze kubera impanuka za bisi kubera ubuhaname bw’umusozi umuhanda wubatseho….

Read More

Sosiyeti igurisha amatike ku mikino yasubije ku byagaragajwe na Etincelles FC ko yahawe amafaranga make ku yavuye mu matike

Sosiyeti ifite system igurisha amatike y’imikino y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda UrID Technologies yatangaje ko ntamafaranga batahaye ikipe ya Etincelles nk’uko yo yabigaragaje mu ibaruwa yandikiye Ishyirahamwe ry’aruhago ry’u Rwanda ‘FERWAFA’. Ikipe ya Etincelles FC yavuze ko amafaranga bahawe n’iyo sosiyeti nk’ayavuye ku mukino bari bakiriyemo Marines FC atariyo , aho bahawe angana 1 300 000…

Read More

FERWAFA ntirashirwa ku kibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” rikomeje gukurikirana ibijyanye no gusaba umukinnyi kwitsindisha byavuzwe kuri Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ akaba umutoza wungirije ariko wahagaritswe na Muhazi United aho ryahamagaye abandi bavugwa muri iki kibazo. Abahamagawe ngo nabo babazwe ni ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports n’ubwa Musanza FC, umutoza Imurora Japhet na Batte Sheif nyuma y’ihamagarwa…

Read More

kera kabaye ! Yampano yemereye amakosa anasaba imbabazi

Yampano yemereye Marina ko ariwe uri mumakosa anamusaba imbabazi. Mu butumwa yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, umuhanzi Yampano yasabye Marina imbabazi ku byo amaze iminsi atangaza mu bitangazamakuru ku ndirimbo marina yasibishije ku rubuga rwa YouTube. Nyuma y’iminota mike Marina amaze gushyira hanze itangazo ryanditse ku rukuta rwe rwa Instagram, asobanura ko ubunyamwuga buke…

Read More

Nanjye nta mwanya uhagije nzabona wo gutegura Manchester united : Ruben Amorim

Ruben Amorim usanzwe Ari umutoza w’ikipe ya Manchester United yavuze ko nawe ubwe adahamya ko azabona umwanya uhagije wo gutegura iyi kipe, mu gihe akomeje kumva abinubira ko ikipe atoza idakunze gutanga umwanya uhagije wo kwigaragaza ku bakinnyi Nyuma yo kwitwara neza batsinda imikino ibiri ya shampiyona mbere yo kujya mu kiruko mpuzamahanga. Ibyishimo by’ikipe…

Read More

EAC forces met in Rwanda for a three-day meeting

on Monday, 1 April , the East African Community (EAC) military forces met in Rwanda for a three-day summit focusing on areas including security, health, and disaster prevention. This Summit aimed to discuss cooperation between regional countries and Rwanda, sharing information on security, increasing cooperation within the organization, and finding solutions to regional issues in…

Read More

Marina yerekanye icyatumye asiba indirimbo yari afitanye na Yampano

Marina yasohoye itangazo risobanura impamvu yasibishije kuri YouTube indirimbo yari yakoranye na Yampano. Mu itangazo ryanditse yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram aryandikiye abafana be n’abakunzi b’umuziki muri rusange , Marina yavuze ko ubunyamwuga buke bwa Yampano aribwo bwatumye asibisha indirimbo kuri YouTube. Yagize ati” ndashaka gushyira umucyo ku byavuzwe byose ku ndirimbo nakoranye na…

Read More

Mutesi Scovia yasabye Leta gushyiraho abajyanama b’ubuzima bakiri bato mu rwego kugabanya SIDA

kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Mata 2025 , Umunyamakuru Mutesi Scovia yasabye Leta ko yajya ishyiraho ba mujyanama bakiri bato kugirango urubyiruko rubisangemo rubake udukingirizo. Ubwo yari ari kuganiro n’abaturage bo mu Karere ka Kamongo, Umunyamakuru Mutesi Scovia, yasabye Leta ko yajya ishyiraho urubyiruko rw’abajyanama b’ubuzima kugirango bagenzi barwo babashe kubisangamo Mutesi yavuze…

Read More

Rwanda Music Billboard :TOMBE ya Element yaruyoboye naho Kavu Music , Olimah , Anne Marie na Ariel Wayz baca uduhigo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya mbere Mata 2025 , ishami ry’imyidagaduro ry’ikinyamakuru Daily Box ryashyize hanze urutonde ngarukakwezi rw’indirimbo ijana zikunzwe mu Rwanda rw’ukwezi kwa Mata , Reka turebere hamwe iby’ingenzi wamenya kuri uru rutonde rwamaze gushyirwa ahagaragara . Uru rutonde rw’indirimbo ijana ruzwi nka ‘RWANDA MUSIC BILLBOARD HOT 100+’ ruyobowe n’indirimbo yitwa TOMBE…

Read More

Ikipe yakekwagaho kugurisha imikino yagabweho igitero n’abagizi ba nabi igihe yari mu myitozo

Abakinnyi b’ikipe ya Lobi Star FC iherereye mu mugi wa Makurd, muri Leta ya Benue muri Nigeria bagabwego igitero n’abagizi ba nabi bataramenyekana barabakubita babashinja kugurisha imikino. Ibi byabereye ku kibuga iyi kipe ikoreraho imyitozo kitwa Government Model Secondary School Pitch, aho aba bagabye iki gitego bahondaguye bikomeye abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bagize iyi kipe…

Read More