Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wayo wungirije

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu wa tariki 04 Mata 2025, azize guhagarara k’umutima. Goverino y’u Rwanda Kandi yatangaje ko yitabiye Imana mu bitaro Byitiriwe Umwami Faisal(KFH), iboneraho no kwihanganisha umuryango we, inshuti ze, ndetse n’abagize amahirwe yo gukorana nawe….

Read More

Amerika igiye gufatanya na Tshisekedi bakemure ikibazo cy’umutekano muke muri DR.Congo

Umujyanama wa mbere wa Perezida Donald Trump mu bibazo by’umugabane w’Afurika yatangaje ko Leta zunze Ubumwe z’Amerika zirajwe ishinga no gushyira iherezo ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ubwo yari i Kinshasa ku munsi wejo tariki ya 3 Mata , Massad Boulos usanzwe ari umujyanama mukuru…

Read More

FIFA na CAF bashobora gufatira ibihano bikakaye igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi “FIFA” ifatanyije n’iyo ku mugabane wa Africa “CAF” biteganyijwe ko bagomba gufatira ibihano igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubera kuvanga umupira w’amaguru na Politiki. Muri uyu mwaka wa 2025 , Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ihanganye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ukaba no mwihuriro ryiyise Alliance Fleuve…

Read More

Perezida wa Barcelona yibasiye bikomeye ikipe ya Real Madrid ashinja kubuza uburyo ikipe ye!

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporte yijunditse Real Madrid ko ariyo iri inyuma y’ibikorwa bishaka kubuza Dani Olmo na Pau Victor gukomeza gukina , akemeza ko batazigera babigeraho. Mu minsi ishize nibwo amakuru yabaye menshi ko aba bakinnyi bombi bashobora kutazakinira Barcelona mu gice cya Kabiri cy’umwaka w’imikino kubera ubushobozi Barcelona butayemereraga kwandikisha aba bakinnyi…

Read More

Perezida Paul Kagame yavuze ko Ubwenge buhangano (AI) bukoreshejwe  nabi muri politike z’ibihugu byaba bibi kurushaho

Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ivuga uruhare rw’ubwenge buhangano (AI) mwiterambere ry’ubukungu bw’Afurika, Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo ubu bwenge buhangano ari ingenzi cyane ku iterambere ry’uyu mugabane, bukoreshejwe nabi byabyara ikintu kibi. Yagize ati” mfite ikizere ko dufatanyije, bishoboka yuko twakoresha neza ubu bwenge buhangano, ndetse no mu mibanire y’ibihugu byacu, nizera…

Read More

FIFA yatangaje igihugu cyizakira igikombe cy’isi cyo muri 2035

Ubwami bw’Abongereza bwemerewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) guhatana bwonyine mu kuzakira igikombe cy’isi cy’abagore giteganyijwe muri 2035, ndetse hakaba hahise hemezwa ko ibihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Mexique nabyo bishobora kwihuza mu guhatanira kwakira irushanwa nkiryo muri 2031. Ubwo habaga inama ya 49, y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi (UEFA), perezida…

Read More

Byiringiro Lague nyuma yo guterwa utwatsi na RIB yiyambaje izindi nzego arega umunyamakuru Roben Ngabo

Umukinnyi w’Ikipe y’Igipolisi cy’u Rwanda ‘Police FC’ Byiringiro Lague yatanze ikirego cye mu rwego rwigenzura rw’abanyamakuru bo mu Rwanda “Rwanda Media Commussion(RMC)”, arega umunyamakuru Roben Ngabo wa Radio/Tv10 Rwanda amushinja kumuvugaho amakuru y’ibihuha. Mu kiganiro Urukiko rw’Imikino rwa Radio/TV10, umunyamakuru Roben Ngabo yatangaje ko uyu mukinnyi afitiye amadeni abakinnyi bakinana barimo Muhadjiri Hakizimana afitiye Miliyoni…

Read More

Sadate Munyakazi yahishuye akayabo azashora muri Rayon Sports mu gihe yayihabwa

Sadate Munyakazi yavuze ko afite miliyari eshanu zo gushora muri Rayon Sports mu gihe bayimuhaye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X, Sadate Munyakazi yavuze ko yashyize miliyari eshanu kumeza ya Rayon Sports, ku buryo mu myaka itatu izaba ifite indege igendamo, bisi igezweho, ndetse iri ku ruhando mpuzamahanga. Munyakazi Sadate yavuze ko miliyari…

Read More