Abafana ba Rayon Sports bijunditse ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere
Abafana ba Rayon Sports barakariye ubuyobozi bwayo nyuma yo gutakaza umukino wa Marine FC banganyijemo ibitego bibiri kuri bibiri(2-2) babushinja kuba butaraguze abakinnyi beza mu kwezi kwa mbere. Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe kirekire iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda , APR FC kuva uyu mwaka w’imikino watangira yari itarayobora…