Abafana ba Rayon Sports bijunditse ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere

Abafana ba Rayon Sports barakariye ubuyobozi bwayo nyuma yo gutakaza umukino wa Marine FC banganyijemo ibitego bibiri kuri bibiri(2-2) babushinja kuba butaraguze abakinnyi beza mu kwezi kwa mbere. Ikipe ya Rayon Sports yari imaze igihe kirekire iyoboye urutonde rwa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda , APR FC kuva uyu mwaka w’imikino watangira yari itarayobora…

Read More

MUSANZE : abagororwa basabwe kwitwara neza mu gihe cyo kwibuka

Mu igororero rya Musanze habereye igiterane cy’ivugabutumwa ry’ itorero ADEPR cyakorewemo umuhango w’umubatizo no kwakira abakiristu bashya hanatangwa inkunga y’ibikoresho bitandukanye ku bahagororerwa. Muri iki giterane cyari cyitabiriwe na Réverend Pasteur SAFARI Wilson, umushumba w’ururembo rwa Muhoza habereyemo imihango itandukanye, aho abagororwa 33 babatijwe, 7 barakirwa ndetse n’abandi 4 barasengerwa. Iki  giterane kandi cyari cyanitabiriwe…

Read More

Abatwara ibinyabiziga basabwe korohereza abanyeshuri bagiye mu biruhuko

Polisi y’u Rwanda irasaba ibigo by’amashuri, ibigo bitwara abagenzi n’izindi nzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ingendo z’abanyeshuri bava ku mashuri basubira mu miryango yabo, kuborohereza kugira ngo ntihabeho ubukererwe n’izindi mbogamizi zababangamira mu rugendo.  Abanyeshuri baragirwa inama yo kubigiramo uruhare bambara umwambaro w’ishuri ubaranga, ababyeyi babo nabo bagakurikirana urugendo rw’abana babo kugeza bageze mu miryango….

Read More

Uwacu Julienne wigeze kuyobora Minisiteri ya siporo yahawe inshingano nshya  

Minisiteri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yashimiye Uwacu Julienne wari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinze Itorero no guteza imbere umuco, mu nshingano nshya yahawe zo kuba umunyamabanga mukuru w’umuryango Unit Club Intwararumuri. Uwacu Julienne wahawe izi nshingano zo  kuba umunyamabanga Nshingabikorwa w’umuryango Unity Club Intwararumuri, yari amaze igihe kinini ari Umuyobozi Nshingwabikorwa ushinzwe guteza imbere Itorero ndetse n’umuco. …

Read More

Nyanza : Umusore yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 5 kubera ubusinzi

Umusore wo mu karere ka Nyanza  ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko yemereye ubushinjacyaha ko yuko yabikoze ariko yabitewe nuko yari yasinze bikabije . Uyu musore w’imyaka 18 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko , ubushinjacyaha bwemeza ko yabikoze  ku itariki ya 23 Werurwe 2025 mu mudugudu wa…

Read More

DRC : abantu babiri bapfiriye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo

Abantu bagera kuri babiri baburiye ubuzima ,abandi bataramenyekana umubare bakomerekera mu mirwano yashyamiranishijemo umutwe wa M23 ndetse na Wazalendo mu gace ka Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Nkuko ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Masisi bwabitangaje , ngo abantu barenga icumi nibo bamaze kugana ibi bitaro bafite ibikomere byatewe no…

Read More

Mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yo kwamagana umushinga wa Visit Rwanda uhuje u Rwanda na PSG

Kuri iki Cyumweru tariki 06 Mata 2025, biteganyijwe ko i Paris mu Bufaransa kuri sitade ya Paris Saint Germain ‘Parc des Princes’ hazakorwa imyigaragambyo igamije kwamagana ubufatanye hagati ya Paris Saint Germain n’u Rwanda mu mushinga wa Visit Rwanda. Amakuru yanditswe n’ibitangazamakuru byo mu Bufaransa, avuga ko yateguwe n’abadepite bane bo mu ishyaka rya La…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yasubije Munyakazi Sadate uherutse gutangaza ko yifuza kugura iyi kipe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports itagurishwa nyuma y’uko uwigeze kuyiyobora Bwana Munyakazi Sadate atangaje ko yiteguye kuyigura ayitanzeho Miliyari 5 z’amafanga y’u Rwanda Mu minsi ishize ubuyobozi bushya bwa Rayon Sports bwasimbuye ubwa perezida Uwayezu Jean Fidele, bwatangije umushinga wa Rayon Sports LTD ugamije guha rugari ababishaka…

Read More

Perezida wa Koreya yepfo yahiritswe ku butegetsi

Urukiko rushinzwe kurengera itegekonshinga rwo muri koreya rwafashe umwanzuro wo gukura ku butegetsi Perezida Yoon Suk Yeol nyuma yo gushyiraho itegeko riha igisirikare ububasha bwo kuyobara Igihugu. Urukiko rwategetse ko Yoon ahita ava muri perezidansi ndetse hagatangira no gushakwa uzahita amusimbura kuri uyu mwanya wo kuba umukuru w’igihugu mugihe cy’amezi ane nyuma yo kuva kubutegetsi….

Read More

DRC yemeranije na USA kugurana amabuye y’agaciro yayo nayo ikayitsinsurira burundu M23

Leta zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko iki gihugu cyamaze kwakira ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwo gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye no gucukura amabuye y’agaciro aboneka muri kiriya gihugu nabo bakabafasha kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano muri kiriya gihugu . Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi muri DRC , Umujyanama mukuru mu bibazo…

Read More