Perezida Kagame yanenze ababeshyera u Rwanda guteza umutekano muke muri DRC

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze ibinyoma bikunze gutangazwa n’abiyita itsinda ry’impuguke bajya muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bagakora raporo zigaragaza ko u Rwanda ari rwo kibazo ku bibazo biri muri DRC. Nyakabahwa Paul Kagame yatangaje ibi ,Ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida Kagame yavuze…

Read More

Ikipe ya Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ikipe ya Arsenal ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihe cy’Ubwongereza “Premier league” yifatanyije n’isiyose ndetse n’u Rwanda byumwihariko mu kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ikipe ya Arsenal isanzwe ikorana n’u Rwanda mu bikorwa byo kwamamaza ubukerarugendo bwarwo, ndetse no kurumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga byose biri mu nyungu zo…

Read More

Umuhanzi Alikiba yifatanije n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 31

Umuhanzi ukomoka muri Tanzania, Ally Saleh Kiba, wamamaye nka Ali Kiba yifatanyije n’abanyarwanda bari mu bihe bitoroshye byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe mu 1994. Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ko atewe akababaro n’abatutsi bishwe bazira uko bavutse. Aho yagize ati : “Twese ntawe uvuyemo twifatanije n’abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe…

Read More

Nta kindi gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda ~ Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Rwanda rumaze imyaka 109 rusenywe n’u Bubiligi ndetse n’ubu bugikomeza kurugendaho. Minisitiri Bizimana yabigarutseho mu isuzuma ry’amateka yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uri kubera ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

Read More

DRC : Abantu 22 bapfiriye mu mwuzure ukomeye watewe n’imvura

Nibura abantu 22 bishwe nyuma yuko imvura nyinshi yateje umwuzure ukomeye mu murwa mukuru Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, usenya amazu ndetse n’imihanda irengerwa. Ku cyumweru, nibwo Minisitiri w’ubuzima muri iki gihugu, Patricien Gongo yatanze uyu mubare w’abapfuye ariko ashimangira ko ari “by’agateganyo” kuko ibarurwa ry’abahitanwe nawo rigikomeje kugeza ubu.  Gongo kandi yanongeyeho…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 7 Mata 1994 ibikorwa byo kwica abatutsi byakwiriye hirya no hino mu gihugu

Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali . Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi. Kimwe…

Read More

#KWIBUKA 31 : inyoborabikorwa ku kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi

7 Mata 2025, U Rwanda n’isi yose, turibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Tuzakomeza kugendera ku ngingo yo “Kwibuka Twiyubaka”. Tuzazirikana amateka yatumye Jenoside yakorewe Abatusi ibaho, urugendo rwo kubaka igihugu, ubumwe n’ubudaheranwa by’abanyarwanda, uruhare rwa buri wese mu kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyo igaragariramo byose.  Hazagaragazwa umwihariko w’Umuryango Mpuzamahanga wo kutigira ku…

Read More