Rutahizamu wasezerewe na APR FC yasinyiye ikipe izakina CAF Champions League
Umunya-Nigeria, Victor Mbaoma Chukwuemeka, watandukanye n’ikipe ya APR FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Remo Stars y’iwabo ku masezerano y’imyaka ibiri. Mbaoma yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa APR FC tariki 10 Nyakanga 2023, binyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’imyaka 11 yari imaze idakoresha abanyamahanga ikabona ko iyo Politiki itariki gutanga umusaruro. Ubwo Victor Mbaoma yasozaga amasezerano…