#KWIBUKA 31 : Tariki ya 11 Mata 1994 , Ingabo za MINUAR zatereranye abatutsi kuri ETO Kicukiro

Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro ruherereye mu Karere ka Kicukiro rukaba rushyinguyemo Abatutsi barenga ibihumbi 96,000 cyane cyane barimo abatereranywe n’ingabo zari iza MINUAR mu ishuri ry’imyuga rya ETO Kicukiro muri 1994 ndetse n’indi mibiri igenda iboneka hirya no hino. 1.    Ingabo z’Ababiligi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza…

Read More

Kiliziya irasaba Abasaseridoti n’Abihayimana kwirinda kwivanga muri Politiki

Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje ibibazo bya politiki kiliziya Gatolika mu Rwanda irasaba Abasaseritodi n’Abihayimana muri rusange kwirinda kwivanga mu migambi ya Politiki iyari yo yose kuko biri mu byo kiliziya iziririza Kandi bikaba bitari mu nshingano zayo . Ibi byatangajwe binyuze mu ibaruwa y’Abepisikopi yanditswe ku itariki ya 14 Werurwe 2025,…

Read More

DJ Ira yabonye icyo yasabye perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame

Umuvangamiziki ukomoka mu gihugu cy’u Burundi DJ Ira nyuma yo gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kubuhabwa. Nk’uko bigaragara ku rutonde rwa sohowe n’Urwego rw’Abinjira n’Abasohoka mu Rwanda , Iradukunda Grace Divine(DJ Ira) wiyise ‘Kaka DJ’ nawe ari kugaragara kuri uru rutonde rw’abanyamahanga bashya 36 bahawe ubwenegihugu bw’u…

Read More

Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yashyinguwe mu cyubahiro

Uwari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana azize guhagarara k’umutima yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Kane wa tariki 10 Mata 2025. Ni umuhango witabiriwe n’abantu mu ngeri zitandukanye, barimo umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo , Umuyobozi wa Rwanda Media Commussion(RMC) Mutesi Scovia, abo mu muryango wa Alain…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko ibiganiro bya Leta ya Congo na AFC/M23 byari kubera Qatar byasubitswe

Nyuma y’amakuru yavuzwe ko ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu byasubitswe, amakuru mashya aremeza ko ibi biganiro byabaye ndetse bikaba ku nshuro ya Kabiri . Igihe cyari kibaye kirekire Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaranze kuganira n’umutwe wa M23 mu buryo…

Read More

Kwibuka31: Dore uko Jenoside yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa mu Mujyi wa Butare

Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi mu Mujyi wa Butare wari Umujyi wa 2 mu Gihugu witwa “Capitale y’Abanyabwenge” buratangaje ndetse buranababaje .  Habanje hashyirwaho  “Comité du Salut Public”yari ishinzwe kwirukana Abatutsi mu mashuri no mu nzego z’imirimo, i Butare, uruhare rw’ishyirahamwe SECA ryahuzaga abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye n’abayarangije, ryayoborwaga na Padiri Naveau…

Read More

# KWIBUKA 31:Tariki ya 10 Mata 1994 ,Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda…

Read More

DRC : amashyaka menshi akomeje kwitandukanya n’icyemezo cya Kabila cyo kujya mu ishyamba

Amwe mu mashyaka yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo arimo UPDS na PPRD yatangaje ko yitandukanje ndetse anagaya icyemezo cy’uwahoze ari Perezida w’iki gihugu  Joseph Kabila uherutse kwemeza ko agomba kukigarukamo anyuze mu burasirazuba bw’iki gihugu ahanini bugenzurwa na M23 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatatu, tariki ya 9 Mata, umunyamabanga…

Read More