Ujya gukira indwara arayirata ,Jenoside nayo ni indwara, ni virusi, ni politiki mbi  : Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yavuze ko uburyo bwiza bwo kurinda ko Jenoside yakorewe Abatutsi itazongera kuba ukundi, ari ukuyibwira abato uko yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu, ubwo yari yifatanyije n’abaturage b’i Gatsibo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 ku Rwibutso rwa Jenoside…

Read More

Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari intango y’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Mu butumwa yageneye Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31, yavuze ko badakwiye gucika intege mu gukomeza gusobanura ukuri kw’amateka nubwo hashize imyaka 31 bakiyasobanura. Ubu butumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa X rwa Unity Club Intwararumuri, Madamu…

Read More

Intambara y’ubucuruzi : Ubushinwa bwazamuye imisoro ku bicuruzwa byose biva muri USA ku kigero cya 125 %

Ubushinwa bwatangaje ko bugiye kuzamura ijanisha ry’imisoro yacibwaga ibicuruzwa byose byinjira muri iki gihugu biturutse muri leta zunze ubumwe z’Amerika kugera ku kigero 125 ku ijana, ndetse ibi birushaho kuzamura ubukana bw’intambara y’ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bibiri bifite ubukungu  bukomeye ku isi kugeza ubu . Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11 Mata 2025 ,…

Read More

Ukuri ku makuru avugwa ko Barack Obama wabaye perezida wa Amerika yaba agiye gutandukana n’umugore we

Michelle Obama akaba umugore wa Barack Hussein Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika manda ebyiri, yanyomoje amakuru yavugwaga ko agiye gutandukana n’umugabo we bamaranye imyaka 33 basezeranye kubana nk’umugabo n’umugore. Ibitangazamakuru byinshi, cyane ibyo muri Amerika byandikaga iyi nkuru bishingiye kuba amaze igihe kirekire atagaragara mu ruhame hamwe n’umugabo we , ibirori Barack Obama yitabiriye…

Read More

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho

M23 yashinje FARDC ,Wazalendo n’ingabo z’u Burundi guhonyora agahenge k’imirwano kemeranijweho Ihuriro rya Fleuve Allaince du Congo (AFC / M23) ryagaragaje ko rihangayikishijwe cyane n’ihohoterwa  rikomeje gukorwerwa nkana abanyamulenge rigakorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa , ingabo z’u Burundi n’indi mitwe bafatanije nka Wazalendo muri iki gihe cy’agahenge kemeranijweho n’impande zombi . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi…

Read More

Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka

Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda(NISR), cyagaraje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda bikomeje kuzamuka Kandi mu bintu bitandukanye birimo ibyo kurya , ibinyobwa bidasembuye, iby’ingufu nka gazi , amaresitora ndetse n’iby’ingendo. Ibi bikubiye muri raporo y’iki kigo igaragaza ihindagurika ry’ibiciro ku masoko y’u Rwanda, ndetse n’itakaza gaciro k’ifaranga ry’u Rwanda…

Read More

#KWIBUKA31 :  Abatutsi bamariwe ku icumu muri kiliziya ya Paruwasi Gatolika ya Kiziguro  [ ubuhamya ]

Kuva kuwa 07/04/1994 kugeza kuwa 10/04/1994 Abatutsi batangiye guhunga hirya no hino bahungira kuri  Kiliziya i Kiziguro bahageze babeshywa ko bajyiye kuharindirwa ariko barabareka bariyegeranya baragwira maze  ku itariki ya 11 Mata 1994 barabica guhera 10h00 kugera 16h00.  Bishwe n’ Interahamwe  zoherejwe na Burugumesitiri Gatete Jean Baptiste afatanyije na Rwabukombe Onesphore wari burugumesitiri wa Muvumba,…

Read More

#KWIBUKA 31 :Dore uko Abatutsi barenga 15,000 biciwe kuri Paruwasi ya Hanika, Cyangugu

Kuri Paruwasi ya Hanika mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Macuba, mu mbuga yo kuri Paruwasi haguye Abatutsi basaga 15,000 bari bahahungiye . Biciwe mu nzu z’abapadiri, muri Centre de Sante, no muri CentreNutritionelle. Aya mazu yose akaba ari aya Paruwasi ya Hanika. Interahamwe zabishe ni Alphonse bahimbaga Rasta mwene Pasteur uyu akaba yari umusirikare. Niwe wakoresheje Grenade zishe…

Read More

Urutonde rw’abapadiri babaye abaperezida b’ibihugu nubwo babibuzwa na Kiliziya

Abasaseridoti n’abihaye Imana muri rusange babuzwa na Kiliziya Gatolika kwivanga mu bikorwa bya politiki kuko bihabanye n’amategeko ndetse n’amabwiriza igenderaho nk’uko bigaragara mu ngingo ya 285 , 1285 mu bika bitandukanye by’igitabo cy’amategeko ya Kiliziya. Muri iyi nkuru reka turebere hamwe abapadiri babaye abayobozi b’ibihugu bitandukanye ku isi! 1.Fulbert Youlou, Uyu yabaye perezida wa mbere…

Read More

DRC : Hibutswe abapfiriye mu ntambara yashojwe na M23 n’u Rwanda muri Goma na Bukavu

Ku munsi wejo ku wa kane tariki ya 10 Mata I  Kinshasa muri Repubilika iharanira Demokarasi ya Kongo herekanwe ku mugaragaro fililime mbarankuru y’abahitanywe n’ibitero bya M23 n’u Rwanda bagabye  mu mijyi ya Goma na Bukavu ubwo bayigaruriraga. Iyi filime ngufi yari yahawe umutwe uvuga ngo : “Ubwicanyi, iyicwa ry’abagore n’abana mu gihe imijyi ya…

Read More