Perezida wa Rayon Sports yavuze impamvu nyamukuru yatumye Robertinho ahagarikwa

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadee yatangaje ko impamvu y’ihagarikwa rya Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ rishingiye ku musaruro ugerwa ku mashyi amaze iminsi abona bivuguruza itangazo ryari ryanyujijwe ku mbugankoranyambaga z’iyi kipe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere wa tariki 14 Mata 2025, nibwo abinyujije ku mbugankoranyambaga zayo Rayon Sports yamenyesheje…

Read More

RIB yerekanye ko abagera kuri 87 bagaragaweho ingengabitekerezo ya jenoside mu cyunamo gusa

Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [ RIB] yatangaje ko abantu barenga 87 aribo bagaragaweho ibyaha by’ingengabiterekezo ya jenoside n’ibindi byaha bifatanye isano mu gihe k’icyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 31 . Urwego rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko nibura rwakiriye amadosiye 82 y’ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside ndetse n’ibindi biyishamikiyeho birimo ibijyanye no kugarura amacakubiri…

Read More

Real Madrid yagaragaje ko yifuza bikomeye umukinnyi wo hagati muri Liverpool

Izina Alexis Mac Allister ry’umunya-Arijantina ukina hagati muri Liverpool riri mu mazina ari gushyushya imitwe y’abakomeye mu ikipe ya Real Madrid, nkuko tubikesha ibinyamakuru by’imikino bitandukanye. Mac Allister ufatwa nk’umwe mu bakinnyi bo hagati bahagaze neza, nyuma yo kwigaragaza mu mikino y’uyu mwaka wa shampiyona, yamenyekanye cyane muri 2022, haba mu mikino y’igikombe cy’isi ikipe…

Read More

Manchester united iracyatera ijisho ku igaruka ry’uwahoze ari umukinnyi wayo

Mu ikipe ya Manchester United haravugwamo inkuru y’igaruka ry’uwahoze ari umunyezamu wayo David De Gea, biteganywa ko yagarurwa ku kibuga Old Trafford mu mpeshyi y’uyu mwaka Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Esipanye yabashije gukina imyaka 12, mu ikipe ya Manchester United mbere yuko arekurwa mu mpeshyi ya 2023, ubwo amasezerano ye y’akazi yarageze ku…

Read More

Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro bugeretse na gitifu w’umurenge baherutse kwirukana

Ubuyobozi bwa karere ka Rutsiro buherutse kwirukana mu buryo bwa burundu , umuyobozinshigwabikorwa w’umurenge wa Manihira, Basabose Alex, bumuziza kutuzuza inshingano neza ndetse n’amakosa mu kazi ya hato na hato. Ku itariki 09 Mata 2025, nibwo ubuyobozi bw’akarere bwandikiye uyu muyobozi bumumenyesha ko yakuwe mu nshingano ndetse ko agomba gukora ihererekanyabubasha n’ugomba kumusimbura bitarenze ku…

Read More

Hari abanyamakuru bacyitwara nka ba Ngeze Hassan wa RTLM  : Umuyobozi wa Pax Press

Umuyobozi w’Umuryango w’Abanyamakuru baharanira Amahoro, Pax Press, Twizeyimana Albert Baudouin, yavuze ko hakiri abanyamakuru bitwara nka ba Ngeze Hassan mu kubiba urwango no kubiba ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi uyu muyobozi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na televiziyo y’igihugu ahanini cyagarukaga ku ruhare rw’itangazamakuru muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Bwana Twizeyimana Albert Baudouin usanzwe uyobora umuryango…

Read More

Kigali : Hatanzwe umuburo w’imyuzure  ndetse n’inkangu bishobora kwibasira u Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere  [Meteo Rwanda ] cyaburiye abanyarwanda ko hateganijwe imvura nyinshi ishobora kuzateza inkangu n’imyuzure, guhera mu ijoro ryo ku ya 11 kugeza ku ya 13 Mata, mu duce two mu Mujyi wa Kigali, Intara y’Amajyaruguru n’Intara y’Uburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Majyepfo . Ku mugoroba…

Read More

Umwana w’imyaka 13 ukomoka muri Ukraine yanze guha ikiganza ndetse no kwifotoranya n’ukomoka mu Burusiya

Umwana w’imyaka 12 ukomoka mu gihugu cya Ukraine yanze kwifotoranya , guhagararana ndetse no guhana ibiganza n’ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya kubera intambara Uburusiya bwasoje kuri Ukraine na n’ubu ikaba irimbanyije. Kuva tariki 24 Gashyantare 2022 , igihugu cy’Uburusiya cyagabye ibitego kuri Ukraine biturutse ku makimbirane hagati y’ibi bihugu yo muri 2014, na mbere y’aho, kuva…

Read More