FERWA yagize icyo itangaza ku isanganya ryabaye ku mukino wa Mukura VS na Rayon Sports
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryatangaje ko ryakiriye raporo yavuye ku mukino wahuje Mukura VS na Rayon Sports nturangire kubera izima ry’amatara, bityo ikaba yashyikirijwe komisiyo ishinzwe amarushanwa ngo iyigeho. Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 16 Mata 2025, nibwo ikipe ya Mukura VS yari yakiriye iya Rayon Sports mu mukino wa kimwe cya…