Igisa nk’ikinamico mu mikino ya UEFA Europa league ya kimwe cya Kane

Imikino ya 1/2 cya UEFA Europa league yaraye imenyekanye nyuma y’irangira ry’imikino ya 1/4 ahanini yaranzwe no gutungurana harimo n’umukino w’amateka ikipe ya Manchester United yatsinzemo iya Olympic Lyonnais ibitego 5 kuri 4. Hafi y’amakipe yose uko ari 8 yakinaga imikino ya 1/4 muri UEFA Europa league yari azi abo bagomba guhura mu gihe yakomeje,…

Read More

MIFOTRA yemeje iminsi  ibiri y’ikiruhuko  

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize ahagaragara itangazo rigenewe abakozi n’abakoresha bose, ribamenyesha ko iminsi ibiri iri imbere izaba iminsi y’ikiruhuko ku rwego rw’igihugu. Nk’uko biri mu itangazo ryatanzwe, ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata 2025, hazaba ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Gatanu Mutagatifu.  Uyu ni umunsi w’ingenzi mu myemerere ya…

Read More

DRC yashinje LONI kutagira icyo ikora ku ihohoterwa rikorwa n’umutwe wa M23  n’u Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya kongo yabwiye akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ku isi ko ntacyo kakoze ngo gahagarike ihohoterwa rikorwa na M23 n’u Rwanda muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo . Ibi Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie, Thérèse Kayikwamba Wagner, yabitangeje ubwo  ku munsi wejo ku wa…

Read More

Umutoza wa Rayon Sports ‘Robertinho’ ari gutakamba ngo yishyurwe amezi atatu y’umushahara we

Umutoza ukomoka mu gihe cya Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” arishyuza Rayon Sports amafaranga y’amezi atatu mu gihe iyi kipe yamaze kumuhagarika igihe kingana na mezi abiri adatoza kubera umusaruro muke. Mu gitondo cyo ku wa 14 Mata 2025, nibwo perezida wa Rayon Sports Twagirayezu Thadee yemeje ihagarikwa rya Robertinho kubera umusaruro muke…

Read More

Mukura VS yatangaje ko idakwiye kubazwa igenda ry’umuriro ku mukino bakiriyemo Rayon Sports

Ikipe ya Mukura VS , yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” basobanura ko bo badakwiye kubazwa iby’igenda ry’umuriro ku mukino wabahuje na Rayon Sports ukaza guhagarara ku munota wa 27′ kuko ibyabaye ari impanuka. Wari umukino wa kimwe cya Kabiri w’Igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, harebwa ikipe igomba gukina umukino w’anyuma muri iki gikombe, uzarokoko…

Read More