Agezweho : DRC yahagaritse burundu ishyaka rya Joseph Kabila

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahagaritse ishyaka ry’uwahoze ari Perezida wayo Joseph Kabila Kabange, nyuma yuko imushinja ko afatanya n’umutwe w’inyeshyamba za M23 wigaruriye uduce twinshi two mu burasirazuba bw’igihugu mu ntangiriro z’uyu mwaka. Iri tegeko ryo guhagarika burundu  iri shyaka rya politiki rije mu gihe amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko Kabila yagarutse…

Read More

Mbonye amahirwe yo gukina umukino wa nyuma nahitamo gukina na Uruguay : Asamoah Gyan

Uwahoze ari kapiteni w’inyenyeri zirabura za Ghana, Asamoah Gyan yongeye kwerura avuga ku bihe bikomeye yanyuzemo ubwo yahushaga penaliti maze ikipe y’igihugu cye igasezererwa na Uruguay ya Luis Suarez mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’isi muri 2010. Mu guhangana n’ingaruka z’ibibazo uyu mukino wateje kuri uyu mugabo, uyu yasobanuye ko kugeza nanubu inzozi mbi zo…

Read More

Urutonde rw’abatoza bane bazakurwamo umwe uzasimbura Carlo Ancelotti

Ikipe ya Real Madrid iherutse gusezerwa mu mikino ya Champions League na Arsenal muri kimwe cya Kane kirangiza, inayisezerera mu buryo bwagaragaje intege nke za Real Madrid aho mu mukino ubanza yayitsinze ibitego bitatu ku busa(3-0), mu gihe uwo kwishyura yayitsinze ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), imbere y’abafana buzuye Santiago Bernabéu. Nyuma y’uyu mukino, bamwe…

Read More

Barcelona igiye kugarura umukinnyi wayo w’ingenzi wari waravunitse

Umukinnyi w’ikipe ya Barcelona ukina hagati mu Kibuga yugarira Marc Casado ari munzira zo kugaruka mu kibuga nyuma y’ikibazo cy’imvune yagize ku mukino wa Atletico Madrid nyuma yo gukina iminota 67. Amakuru aravuga ko muri uku kwezi kwa Gatanu aribwo azagaruka akaba afite amahirwe yo kuzakina n’umukino w’anyuma wa Champions League igihe Barcelona yawugeraho (Finali…

Read More

CAF yahanishije Patrice Motsepe uyiyobora gutanga amadolari  100,000

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yaciye akayabo k’amadorari asaga 100,000  perezida wayo Patrice Motsepe kubera imvururu zikomeye  zatewe n’abafana ba Mamelodi Sundowns  zabaye mu mukino  wa CAF Champions League wabahuje na Esperanse de Tunis . Mamelodi Sundowns, isanzwe ifitwe n’umukire akaba na perezida wa CAF  ,Patrice Motsepe yahanishijwe gutanga aka kayabo kubera ko yarenze…

Read More

Iki si igihe gikwiye cyo kuganira ku hazaza hange : Xabi Alonso ku byo kwerekeza muri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya  Bayer Leverkusen Xabi Alonso yahakanye ibyo kwerekeza muri Real Madrid  nyuma y’amakuru menshi akomeje gucicikana yemeza ko ashobora kujya gusimbura Carlo Ancelotti wayitozaga uri mu nzira zisohoka . Bimwe mu binyamakuru birimo Madrid Xtra byemeza ko uyu wahoze ari mukinyi w’iyi kipe y’ibwami  ufite imyaka 43 ari mu bakandida  bakomeje kuza ku…

Read More

Kwibuka 31: Amb  Nduhungirehe yifatanije n’abanyehuye kwibuka abiciwe kuri Paruwasi ya Simbi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Huye, mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatusti biciwe kuri Paruwasi ya Simbi. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Mata 2025 ,Abatuye mu Mirenge ya Simbi na Maraba n’abandi baturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu, bitabiriye iki gikorwa…

Read More

Hagati ya FERWAFA na Rayon Sports ninde uzatsinda urugamba rwavutse hagati yabo?

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryatangiye urugamba rwo gukemura ikibazo cyavutse ku mukino wa kimwe cya Kabiri cy’Igikombe cy’Amahoro hagati ya Mukura VS na Rayon Sports cyatewe n’ibura ry’umuriro ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 27′ w’umukino. Ibi bikiba , ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bizeye ko bazatera mpaga Mukura VS bisunze…

Read More

Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri baganiriye ku buryo bwo kugarura ituze muri DRC

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi, cyibanze ku kurushaho kwimakaza ubutwererane hagati y’u Rwanda na Misiri. Aya makuru yatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Misiri,Amb Mohamed El-Shenawy, watangaje ko iki kiganiro cyabaye ku wa 17 Mata 2025, aho abakuru b’ibihugu byombi banaganiriye ku buryo butandukanye bwo kongerera…

Read More