Kigali : Abapolisi barenga gato 180 batanze amaraso

Abapolisi 180 bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 22 Mata, bakoze igikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake, azakoreshwa mu gufasha abarwayi bayakeneye kwa muganga. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko ku bapolisi, iki gikorwa cyo gutanga amaraso ku bushake,…

Read More

Nyuma y’imyaka ibiri, ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere

Ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma y’imyaka ibiri yari ishize imanutse mu kiciro cya kabiri. Nyuma yo gutsindwa ku ikipe ya Sheffield united na Burnley ibitego 2 ku busa, byaje bisanga intsinzi y’ibitego 6-0 ikipe ya Leeds united yakoreye kuri Stoke city, byahise bishimangira ko…

Read More

Pope Francis aherutse kwitaba Imana, Papa mushya azatorwa ryari?

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi akaba n’umwepisikopi wa Roma, Pope Francis, ku munsi w’ejo byemejwe ko yitabye Imana azize indwara y’umutima ndetse no guturika tw’udutsi tujyana amaraso mu bwonko ibizwi nka ‘Stroke’ , nyuma yo kumara iminsi arwaye akaza gusa nk’uworohewe. Mu gutangaza urupfu rwe Umuvugizi wa Vaican Cardinal Kevin Ferrell. Yagize Ati “Muri…

Read More

Amasosiyeti atwara abagenzi yibukijwe gufasha mu ngendo  abanyeshuri basubira ku ishuri

Guhera  ku munsi w’ejo ku wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangiye gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda irasaba abo bireba bose cyane cyane ibigo bitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, abayobozi b’amashuri n’ababyeyi b’abana, gukora ibishoboka byose kugira ngo…

Read More

U Rwanda rwabonye umukino wa gicuti n’ikipe imaze kwegukana igikombe cya Afurika inshuro ebyiri

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru “Amavubi” izakina umukino wa gicutsi n’iya Algeria ku itariki 05 Kamena 2025, nk’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri icyo gihugu ryabitangaje ribinyujije ku mbugankoranyambaga zaryo. U Rwanda ruheruka mu kibuga mu mikino ibiri yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na…

Read More

Hari abamazeho imyaka irenga 30; kubera iki abakoloni bashaka kwivugana Ibrahim Traore umaze imyaka itaruzura itatu ku butegetsi?

Captain Ibrahim Traore, akaba perezida w’igihugu cya Burkina Faso ni umwe muri baperezida bo muri Africa bari guhigwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi , bashaka kumuvana ku butegetsi ari muzima cyangwa atari muzima, nyuma y’imyaka hafi itatu abaye perezida w’inzibacyuho w’igihugu cya Burkina Faso. Ibrahim Traore yagiye ku butegetsi nyuma yo guhirika Colonel Paul-Henri Sandaogo…

Read More

Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’

Ikipe ya Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” mu itangazo bacishije ku mbugankoranyambaga zayo aho yanemezaga ko izakina umukino wari wasubitswe kubera ibura ry’umuriro ryatewe n’iyangirika rya moteri, umukino uhagarara ku munota wa 27′. Muri iri tangazo, Rayon Sports, yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye yemera gukina ari intego y’irushanwa “amahoro” bityo nka…

Read More