Umutoza wa Rutsiro FC yatangaje icyo agiye gukora nyuma yo gutsindwa na APR FC mu buryo we yavuze ko budasobanutse

Umutoza w’ikipe ya Rutsiro FC , GATERA Mousa , yatangaje ko agiye gukurikirana uburyo ikipe ye yatsinzwe ku mukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona batsinzwemo n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu [APR FC] ibitego bitanu ku busa (5-0). Ni umukino wabereye kuri sitade Umuganda iherereye mu karere ka Rubavu,aho APR FC yasabwaga gutsinda uyu mukino kugirango ifate umwanya…

Read More

Ayabonga wongerera imbaraga abakinnyi ba Rayon Sports yanenze icyo yise ubujuru nyuma y’umukino wa Rutsiro na APR FC

Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi mu ikipe ya Rayon Sports, Ayabonga Lebitsa , yanenze imigendekere ya Shampiyona y’u Rwanda yemeza ko harimo ubujura ndetse anibaza uburyo amakipe yo mu Rwanda azabasha guhatana mu mikino Nyafurika ya CAF mu gihe bimeze bitya. kuri uyu wa gatandatu wa tariki 26 Mata 2025, hakinwaga umunsi wa 25 wa Shampiyona…

Read More

Premier League  : Nicholas Jackson yongeye kurema Chelsea agatima !

Igitego cya mbere cya Nicolas Jackson kuva mu Kuboza kwa 2024  nicyo gihesheje ikipe ya Chelsea intsinzi y’igitego 1-0 imbere ya Everton yongereye  icyizere cyo kuzakina Uefa Champions league umwaka utaha . Ikipe ya Chelsea yari yabanjemo : Sanchez, Caicedo, Chalobah, Colwill, Cucurella, Fernandez (c), Lavia, Madueke, Palmer, Neto, Jackson Abasimbura barimo , Jorgensen, Acheampong, Badiashile, Tosin,…

Read More

Ese Papa Francis wasezeweho bwa nyuma n’imbaga ni muntu ki ku Rwanda ?

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Mata 2025 ,abantu basaga ibihumbi 200 bitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Papa Francis ,uyu muhango ukaba watangirijwe ku Mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero iherereye i Vatican . Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro no gushyingura Papa Francis witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo abami, abakuru b’ibihugu na za guverinoma n’Abakirisitu Gatolika…

Read More

Ikigero cy’izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda kigiye kugabanuka: Raporo ya IMF

Ikigega mpuzamahanga cy’imari [IMF (International Monetary Fund)] giherutse gusohora raporo igaragaza uko ubukungu bw’isi ndetse n’ubw’ibihugu ku giti cyabyo buteganyijwe kuzitwara mu mwaka wa 2025 no mu wa 2026, hagendewe ku byemezo byafashwe n’ibihugu mu by’ubukungu, imihindagurikire y’umusaruro, umutekano, n’ibindi. IMF yagaragaje ko umusaruro mbumbe w’isi (GDP) , uzazamuka ku rwego rwa 2.8% mu mwaka…

Read More

Hatawe muri yombi abayobozi b’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rumaze gutangaza ko rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli [RMB]. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Mata 2025,nibwo RIB ibicishije ku rukuta rwayo rwa X yemeje ko aba bayobozi uko ari 3 bakurikiranweho ibyaha birimo ruswa, gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu…

Read More

Santrafurika : Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika buzwi ku izina rya MINUSCA yo kubashimira ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi. Mu bambitswe imidari harimo abo mu matsinda abiri; RWAFPU-1 na RWAPSU, buri tsinda rigizwe n’abapolisi 140, n’abapolisi b’u Rwanda 33 badakorera mu matsinda (IPOs). Ni…

Read More