Nyuma y’amagambo ye, Gary Neville ntiyemerewe kwinjira kuri sitade
Umusesenguzi w’ikinyamaku sky Sports, Gary Neville, kuri ubu ntiyemerewe kugera kuri City Ground ku kibuga cya Nottingham Forest nyuma y’uko umwaka ushize w’imikino 2025-2026, yibasiye nyiri iyi kipe Evangelos Marinakis. Gary Neville, ku mukino wa Nottingham Forest na Leicester City F.C yibasiye Evangelos Marinakis ndetse aranamunenga cyane kubera kujya mu kibuga akanasatira umutoza w’ikipe Nuno…