U Rwanda rugiye gukorana n’ikipe ya Benfica yo muri Portugal

Igihugu cy’u Rwanda gishyize imbaraga mu kugira siporo ikintu kinjiriza igihugu, nk’uko Perezida w’u Rwanda yabyibukije ubwo yakiraga indahiro za Minisitiri wa Siporo mushya(Nelly Mukazayire) ndetse n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo Bwana Rwego Ngarambe. Minisitiri wa Siporo aherutse kugirira urugendo mu gihugu cya Portugal, aho yasuye ikipe ya Benfica Lisbon yakirwa n’ubuyobozi bw’iyi…

Read More

Rutahizamu Mohamed Salah yavuze icyahindutse ku mikinire ye muri uyu mwaka w’imikino

Nyuma yo guhesha ikipe ya Liverpool igikombe cya shampiyona rutahizamu Mohamed Salah yavuze ko guhabwa rugari mu busatirizi n’umutoza Arne Slot, biri mu byatumye yitwara neza cyane muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo usanzwe akomoka mu gihugu cya Misiri afatwa nka moteri y’ingufu nyinshi yafashije ikipe ya Liverpool mu kwegukana igikombe cya shampiyona dore ko…

Read More

Meddy na Mimi bibarutse umwana wa kabiri

Umuhanzi Ngabo Medard Jobert wamamaye nka Meddy n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana wabo wa kabiri w’umuhungu bise Zayn M Ngabo Uyu muhanzi yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umugore we atwite n’andi yerekana intoki ze, umugore we, imfura ye n’ubuheta bwe ku mbuga nkonyambaga ze arenzaho amagambo y’amashimwe menshi afite. Urukundo rwa Meddy na Mimi…

Read More

Ikipe ya Rutsiro FC yafatiye ibihano bikakaye umutoza n’umuzamu wayo nyuma yo kunyagirwa na APR FC

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rutsiro FC bwamaze guhagarika umutoza wayo GATERA Musa , ndetse n’umuzamu wayo Matumele Arnold Mozombo babashinja umusaruro mubi bagize ku mukino Rutsiro FC yatsinzwemo na APR FC ibitego bitanu ku busa (5-0) kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Wari umunsi wa 25 wa Shampiyona, ni umukino utaravuzweho rumwe bitewe n’uburyo ibi…

Read More

Hari kwifashishwa gahunda ya VISIT TOTTENHAM mu kwamagana iya VISIT RWANDA

Abafana ba Arsenal biyise ‘Ganners For Peace’ bamaze iminsi batangije ubukangurambaga bwo kwamagana ubufatanye bw’u Rwanda n’ikipe yabo bushingiye mu kwamamaza ibikorwa by’ubukerarugendo bw’u Rwanda aho bari gukoresha icyo bise ‘VISIT TOTTENHAM’. Intandaro yo gukoresha iri ijambo ishingiye ku kwerekana uburyo batishimiye imikoranire y’ikipe yabo n’u Rwanda, Tottenham Hotspur isanzwe ari ikipe bahanganye ndetse banangana…

Read More

Abakunzi ba ruhago bashyizwe igorora ku mikino y’Igikombe cy’Amahoro

Imikino ibiri y’ikombe cy’Amahoro cya 2024-2025, ya kimwe cya Kabiri yariteganyijwe gukinirwa kuri Kigali Pele Stadium yimuwe ishyirwa kuri sitade Amahoro bisabwe n’amakipe ya Rayon Sports na APR FC azakira iyi mikino. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 30 Mata 2025, nibwo hazakinwa imikino yo kwishyura y”igikombe cy’Amahoro cya 2024-2025 , muri kimwe cya Kabiri,…

Read More

MONUSCO yashimiye u Rwanda na DRC ku ntambwe bateye iganisha ku mahoro

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [MONUSCO ] bwatangaje ko bwishimiye amasezerano aganisha ku mahoro yo  ku ya 25 Mata 2025 i Washington DC,yari  ayobowe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika, yasinwe hagati ya guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) na Repubulika y’u Rwanda. Mu itangazo yashyize…

Read More

U Rwanda na DRC bateye intambwe y’ingenzi iganisha ku mahoro

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bashyize umukono ku masezerano yo kubahiriza ubusugire bwa buri gihugu no gushyiraho umushinga w’amasezerano y’amahoro arambye bitarenze ku ya 2 Gicurasi. Aya masezerano yashyizweho umukono na ba minisitiri w’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi i Washingtonndetse umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Marco Rubio  akaba ari we wari umuhuza…

Read More